Imyidagaduro
N’abantu nkatwe :Reba hano kimwe mu byifuzo bya Platini (Dream Boyz)!

Hari igihe nawe wenda bikubaho,ugatekereza bitewe n’ibyo ukunda cyangwa ukurikira igihe kikaba cyagera yukaba wanakifuza ,ibyo n’ibibaho mu buzima,hari n’igihe ukunda umukinnyi wa Filme maze ukaba wakifuza gukinana cyangwa guhura nawe,cyo kimwe n’abakunzi b’umupira w’amaguru,rimwe na rimwe nabo bifuza kuba bakina mu makipe bafana n’ubwo biba ari ibidashoboka,ibi rero ntabwo bitandukanye n’intekerezo za Platini Nemeye nk’uko yabigaragaje.
Ubwo ikipe akunda cyane kandi afana ,Manchetser United yariri gukina na West Ham,yafashe ifoto y’umwenda wambarwa n’amashitani atukura yanditseho numero 70Â ndetse wanditseho Dream Boyz mu mugongo maze ati” ndamutse nkina muri Manchetser united iyi yaba ari numero yanjye mu mugongo ,arongera ati”ibitego narenza #70.
Ng’icyo ikifuzo cya Platini abenshi mu bakunzi be ,bamukurikira kuri instagram bamushimiye ariko abitegereza bahamya badashidikanya ko ari uburyo bwo kwamamaza indirimbo ya Dream Boyz nshya bise 70,iyi n’indirimbo nshya ndetse iri kunogera abatari bacye ,ariko nawe niba utarayumva icyo usabwa n’ugukanda hano ukayumva.
https://www.youtube.com/watch?v=sJPNy6Kfgpc
ariko kandi wanayibikaho uyishakishije ahaditse indirimbo
Comments
0 comments
-
Utuntu n'utundi23 hours ago
Umukobwa yarase umukunzi we ko iyo bari kumwe yumva nta ntare yamukoraho ,nyuma imbwa ije bakizwa n’amaguru.
-
Hanze20 hours ago
Uyu mugabo bamutegeye kurya amagi 50 maze agahabwa akayabo, apfa amaze kurya 42.|Menya icyamwishe
-
Mu Rwanda12 hours ago
Umwana Samantha ukina filime aherutse kwibaruka yitabye Imana
-
Hanze20 hours ago
Amazina ya nyayo y’umugabo Zari yasimbuje Diamond Platnumz arashyize aramenyekanye.
-
Ubuzima4 hours ago
Ibimenyetso simusiga byakwereka ko wamaze kwibasirwa na stress ikabije.