in

Mwiseneza Josiane yibasiwe n’abafana ku buryo budasanzwe

https://yegob.rw/wp-content/uploads/2019/01/jom3.jpg

Mwiseneza Josiane ni umwe mu bakobwa bafite abafana benshi mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019, gusa ariko nubwo afite abafana benshi bwose ntibibujije ko hari abandi batamwiyumvamo na busa bakomeje kwemeza ko adakwiye kuba Miss Rwanda.

Nkuko babigaragaje ku rubuga rwa Instagram abanyarwanda batandukanye bakurikira Miss Rwanda bakaba basubije ikibazo cyatwanzwe na page yitwa Rwanda updates aho bari babajijwe icyo batekereza kuri Mwiseneza Josiane, gusa benshi muri bo bakaba bahise batangira kuvugako adakwiye kuba Miss Rwanda ngo kuko atujuje ibisabwa. Ndetse hari nabatinyutse bavugako no kugera hariya atabikwiye ahubwo biterwa ngo n’abiyita abafana be.

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Domi
Domi
5 years ago

Mwiseneza afite ubwiza bw’umwimerere. Ni umunyarwandakazi utangije uruhu rwe. Azi ubwenge pe (ari mubo nabalira muba génie) nkurikije uk’untu yerekana intumbero ye n’umushinga we (iyo aza kugira amahirwe yo gukomeza amashuli ye yarigukora agashya), afite ubushishozi n’umuco. Nta manga yo kuvuga ibimurimo afite kandi akavugana ubupfura.Mbese indangaciro z’umunyarwandakazi wiyumvamo ikizere arabyujuje. Ibindi bavuga ni byabindi by’ubuze icyanegura inka akavuga ngo dore icyo gicebe cyayo kandi inka y’ingirakamaro ari ifite icebe rinini nyine.

Umusaraba wa Joshua by Jay Polly ft. Marina

Reba uburanga buhebuje bw’umukobwa warijije Mwiseneza Josiane muri Boot Camp