in

Mwiseneza Josiane, umukobwa umaze iminsi avugisha benshi yeretse igihandure bagenzi be

Irushanwa ryo gushaka uzambara ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda rigeze ahakomeye, ubu abakobwa bose batangiye gushakisha amajwi y’ababashyigikiye binyuze mu itora ryo kuri SMS rizajya ritanga amahirwe agumisha abatsinze mu irushanwa.

Itora ryo kuri telefone ryatangiye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 19 Mutarama 2019, ku isaha ya saa mbiri, kugeza kanokanya Josiane arusha umukurikiye amajwi ibihumbi cumi nabitandatu (16.589)

Uyu musni rero nkuko bisanzwe  , mbere y’uko abakobwa bagira ikindi bakora bazindukira muri siporo bagakomeza indi mirimo nyuma.

Kuri iki Cyumweru, bakoze siporo bafatanyije n’abaturage bo mu Murenge wa Nyamata aho byagaragaye cyane ko abaturage bo mu Murenge wanyamata bashyigicyiye Josiane , kuko byagaragaraga cyane nkaho ariwe bazi gusa .

Kuri Josiane na abaturege ba Nyamata ibyishimo byari byose .

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

King James mu Rukundo n’umukobwa washimishije abafana be bikomeye

Miss Mutesi Jolly yavuze kuri ruswa y’igitsina iri kuvugwa muri Miss Rwanda