in ,

Musore utazagwa mu ruzi urwita ikiziba ,Imiterere y’uyu umukobwa yabujije abasore benshi kugoheka nyamara……

Yiyise Sanchoka World akomoka muri Tanzania,afite imiterere ishitura abasore benshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga bakarabya indimi nyamara muribo ni bacye bazi akazi k’uyu Sanchoka.

aamaa

Mu basore bashidukira Sanchoka harimo n’abanyarwanda ,YEGOB.RW itashatse gutangaza amazina,ni benshi cyane ndetse yewe kuva  ku ndiba ya Africa  (Zanzibar na S.A) kugeza mu ihembe rya  yo (Maroc na Egypt )  abenshi usanga bifuza kumuvugisha nyamara nk’uko we ubwe yivuyemo akabyitangariza bigaragara neza ko anicuruza.

We ubwe yashyizeho uburyo umushaka yamubona ,aho yaba aherereye hose yifashishije ikoranabuhanga rya Application ya i Phone,maze amazina ye yongeraho World kuko yiyemerera ko ari umunyamideli mpuzamahanga ariko nyuma y’ibyo akongeraho ko  we YIRYAMANIRA n’abasore gusa.

Ntabwo ari ibyo gusa ashaka ko abamuvugisha bamusaba kuko hari n’ibindi birimo kuba wamutereta ukamusohokana,mwafatanya ubucuruzi,mugatemberana …..n’ibindi byinshi nk’uko AMANI ibitangaza .

Igisekeje kandi gitangaje n’uko uyu mukobwa yongeraho ko n’ushaka ko bakundana ntakibazo akirengagiza ko afatwa nk’uwicuruza hakurikijwe ibyo yandika ku rubuga rwa Snapchat ndetse n’uburyo ahinduranya abagabo kandi bo mu bihugu bitandukanye nk’uko ikinyamakuru AMANI kibishimangira .

 


amakaa

na
kajakaa

pp
pa

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Cristiano Ronaldo yaraye akoze akandi gahigo katigeze kabaho mu mupira w’amaguru

Irebere urutonde rw’ibintu bitangaje PSG yari yiteguye gukorera Neymar kugirango akunde ayikinire