in

Mushiki wa Rocky Kimomo wiyita Ndabaga nawe yinjiye mu mwuga wo gusobanura filime

Nti byari bimenyerewe kubona abakobwa cyangwase abagore basobanura filime ibizwi nk’agasobanuye, gusa kuri ubu mu Rwanda hari umukobwa 1 umaze kwandika izina mu gusobanura filime.

Uyu mukobwa wiyita Ndabaga, Inshinzi, Animatirisi w’agasobanuye ndetse n’andi mazina menshi aganira na The Choice Live dukesha iyi nkuru yavuze ko abantu benshi bakunze kumwita mushiki ya Rocky Kirabiranya usanzwe umenyerewe muri ibi bintu.

Uyu Ndabaga avuga ko kuba ariwe wenyine usobanura filime, ni uko atumviye abamucaga intege ahubwo ariyemeza, akomeza avuga ko igitsina gore nabo bashoboye bityo ushaka kuza mu gusobanura filime amahirwe arahari, icyambere ni ugutinyuka.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma y’amikoro make n’inkwano z’umurengera abasore bahurije ku kindi kintu gituma badashaka 

Birababaje: Nyuma yuko umugore yishwe n’igare umugabo nawe yishwe n’ikamyo nta mwaka ushize