Inkuru rusange
Musenyeri yatanze ubuhamya ashize amanga ko aryamana n’abagabo bagenzi be

Musenyeri wa Grantham mu gihugu cy’u Bwongereza witwa Nicholas Chamberlain w’imyaka 52 y’amavuko, yahishuye ko amaze imyaka myinshi afite umugabo mugenzi we bakundana, aboneraho gushimangira ko ari umutinganyi uryamana n’abo bahuje igitsina.
Musenyeri Nicholas ni uwo mu itorero ry’Abongereza (Church of England) ryabyaye amatorero y’Abangilikani ku isi yose, akaba ari nawe Musenyeri wa mbere muri iri torero uhishuye ku mugaragaro ko aryamana n’abo bahuje igitsina.
Musenyeri Nicholas yabwiye ikinyamakuru The Guardian ko abantu benshi babizi ko ari umutinganyi, kandi akaba ntawe yabihisha n’ubwo atari byo agomba kuzajya aririmba cyane, ahubwo azajya yita ku kubwiriza ubutumwa.
Avuga kandi ko we n’umukunzi we, buri wese aryoherwa n’ubuzima bw’urukundo rudahemukirana bafitanye. Atangaza ko ashaka kuzafasha abayoboke gukomeza kutita cyane ku by’ubuzima bw’ibijyanye n’imibonano mpuzabitsina cyane.
-
Inkuru rusange14 hours ago
Nyuma yo gusezera kuri RBA, Tidjara yerekanye igitangazamakuru agiye gukorera
-
inyigisho15 hours ago
Bimwe mu bintu by’ingenzi ukwiye gukora niba wifuza kubona umukunzi ugukunda by’ukuri.
-
Imyidagaduro21 hours ago
Social Mula yikomye Bruce Melodie amuziza kwishyira hejuru nyuma yuko yitiriwe ISIBO TV
-
Imyidagaduro23 hours ago
Diamond Platnumz yaraye asebereje Tanasha Donna imbere y’abafana be
-
Imyidagaduro13 hours ago
Marina yavuze ku rukundo rwe na Nizzo Kaboss
-
Imyidagaduro10 hours ago
Gafotozi Plaisir Muzogeye yerekanye urukundo we n’umuryango we bakunda umwana wabo muto banamwifuriza isabukuru nziza y’amavuko
-
Imyidagaduro8 hours ago
Miss Grace Bahati yahishuye impamvu yatandukanye na K8 Kavuyo anavuga icyo akundira umukunzi we mushya.
-
Imyidagaduro3 hours ago
Umugore wa Alpha Rwirangira yerekanye ingano y’urukundo akunda umugabo we n’umwana we w’imfura