in ,

Muri iki cyumweru Snipers Dance Crew yashyize hanze umunsi w’igitaramo cyabo ndetse n’ibizaberamo byatunguye abakunzi babo : AMAFOTO

Ubushize twabagejejeho aho aba basore bamaze  kwiteza Imbere bakoresheje impano yabo yo kubyina ari bo SNIPERS DANCE CREW nyuma y’igihe kitari gito abakunzi babo ba basaba igitaramo muri iki cyumweru dutagiye nibwo bashyize hanze umunsi w’igitaramo ndetse n’ibizaberamo , ibi bikaba byashimishije abakunzi biri tsinda dore bafite imbaga nyamwinshi ibari inyuma itegereje kureba uburyo aba basore bazitwara kuri uru rubyiniriro barimo barategura nubwo hari byinshi bataratagariza itagazamakuru  ibinjyanye n’iki gitaramo13710648_1007435136037290_764902249540780364_o

Iki gitaramo kizabera kuri hotel yitwa HILL TOP HOTEL ibarizwa iremera ku itariki ya 05 z’ukwezi kwa munani muri uyu mwaka wa 2016 kikazatagira ku isaha y’Isaa cyenda z’amankwa ndetse ntibarashyiraho isaha kizaragiriraho bizaterwa nuko abazaba bitabiriye bazabyifuza.

Ibi byakiriwe n’abanyarwanda batari bake ndetse baranabyishimira dore ko bari bakunze kubabona mu mashusho y’indirim,bo zikunzwe mu Rwanda ubu bakaba bagiye kubibonera amaso k’umaso . Iki gitaramo kiri muri bimwe mu bitaramo biteguye igihe kirekire  dore ko bakiteguye kuva uyu mwaka watagira ibi tukaba twabitagarinjwe n’umukuri w’iri tsinda

DORE ABAZATARAMIRA ABAZA BAJE MURI IKI GITARAMO

Abahanzi bazataramira abazaba baje muri iki gitaramo ni aba bakurikira

TBB

UMUTARE GABY

GABIRO GUITAR

FRED WAYNE

BABOU TIGHT KING

NICKITA HEAVEN

JULES SENTORE

Hamwe n’abanyamideli bazwi ku izina rya TON FASHION

Muzahabonera indirimbo n’ibyino zitandukanye kandi mudakunda kubona ndetse muzatuingurwa n’abatumirwa bavuye hanze y’igihugu nka CONGO ,U BURUNDI , UGANDA ndetse n’abanyarwanda baba hanze bazaba bitabiriye iki gikorwa

INDIRIMBO Y’UMWE MU BAGIZE IRI TSINDA IMAZE GUCA IBINTU 

https://www.youtube.com/watch?v=U0C2iPa6gks

 

                     AMAFOTO YO GUTEGURA IKI GIKORWA 

 

13775625_1006641499449987_8382101423198538188_n
LIL PAC TAZAMA umubyinnyi w’iri tsinda

13692525_1005523246228479_1715558007016578984_n

13770408_984665454987684_3379576910819294293_n

13679907_623410324474251_999919160095749571_o
BABOU T . KING umubyinnyi w’iri tsinda akndi akazanataramira abakunzi be mu ndirimbo ye nshya
13775576_1008010439313093_7691704552731906991_n
abakunzi ba SNIPERS DANCE CREW
13697250_1060817990652899_7076732713833488704_n
TITI umwe mu babyinnyi bagize SNIPERS DANCE CREW
13439132_998539346926869_7072729518518434521_n
ORNELLA umunyamideli ubarizwa muri TON FASHION
13626382_981132092007687_9033620633770851085_n
ABAKUNZI BA SNIPERS DANCE CREW

13717407_622952941186656_7722040866084368676_o

13532904_994815257299278_2612156822360671652_n
13438828_995625143884956_666006156216571415_n

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Radio na Weasel bagiye gufungwa by’agateganyo

Dore ibihembo bidasanzwe bitegereje Pep Guardiola naramuka abashije kwegukana igikombe cya Champions League muri Man City