in

“Murambabaje” Mvukiyehe Juvenal Perezida wa Kiyovu Sports yifatiye ku gahanga Rayon Sports yashakaga kumutwara umukinnyi

Perezida wa Kiyovu Sports, Mvukiyehe Juvenal yifatiye ku gahanga andi makipe yashakaga gusinyisha umukinnyi we Serumogo Ali.

Mvukiyehe Juvenal yavuze amagambo akomeye nyuma yo gutangaza ko yongereye amasezerano Serumogo Ali wifuzwaga cyane na Apr Fc ndetse na Rayon Sports.

Abinyujije muri Comment yatambukije munsi ya post yamezaga ko Kiyovu Sports yamaze kongerera Serumogo Ali amasezerano y’imyaka ibiri.

Yagize ati: ” Harya ngo murashaka Serumogo. Umukinnyi??????  Murambabaje.”

Serumogo Ali yifuzwaga n’amakipe agiye atandukanye ya hano mu Rwanda, harimo Apr Fc, Rayon Sports ndetse na As Kigali.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma y’uko amano ari imari, havumbuwe n’ahandi intoki zihagazeho

Abanyeshuri b’abakobwa basabye abagore guhisha abagabo babo kuko baje mu biruhuko