in

Munyakazi Sadate wayoboye Rayon Sports bamushushanyije mu buryo bwarwaje benshi imbavu

Munyakazi Sadate wahoze ayobora ikipe ya Rayon Sports bamushushanyije mu buryo bwatunguye abantu aho benshi bemeje ko babikoze neza.

Ku Mbuga Nkoranyambaga zitandukanye hamaze iminsi hacicikana amafoto y’ibyamamare mu ngeri zitandukanye babashushanyije, kuri ubu uwari ugezweho ni Munyakazi Sadate.

Munyakazi Sadate yamenyekanye muri 2019 ubwo yinjiraga muri Rayon Sports nk’umuntu uyifasha bya hafi nyuma aza no gutorerwa kuyiyobora, yaje kweguzwa muri Nzeri 2020.

Munyakazi Sadate uretse kuba agaragara cyane mu bikorwa bitandukanye by’imikino, asanzwe anatanga ibitekerezo ku ngingo zitandukanye cyane cyane ku rukuta rwe rwa Twitter aho afite abamukurikira bakabakaba ibihumbi 110.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Pakistan: Afite abana 60 kandi yifuza gukomeza kubyara

Birababaje: umugabo n’umugore bishwe n’imbabura baryamye