in , ,

Mukura imaze amezi 5 idafite umuyobozi yatumije inteko rusange izatorerwamo abayobozi

Ubuyobozi bwa Mukura VS imaze amezi atanu n’igice idafite umuyobozi, bwatumije inteko rusange izatorerwa umuyobozi w’iyi kipe y’Akarere ka Huye. Nizeyimana Olivier wari umaze igihe kinini ayobora Mukura, yeguye muri Gicurasi 2020, kuva icyo gihe iyi kipe yigeze no gusohokera u Rwanda ikaba itari ifite umuyobozi. Nk’uko bigaragara ku ibaruwa yanditswe na Visi Perezida w’iyi […]Ubuyobozi bwa Mukura VS imaze amezi atanu n’igice idafite umuyobozi, bwatumije inteko rusange izatorerwa umuyobozi w’iyi kipe y’Akarere ka Huye. Nizeyimana Olivier wari umaze igihe kinini ayobora Mukura, yeguye muri Gicurasi 2020, kuva icyo gihe iyi kipe yigeze no gusohokera u Rwanda ikaba itari ifite umuyobozi. Nk’uko bigaragara ku ibaruwa yanditswe na Visi Perezida w’iyi

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubu ni bwo naza sasa…J. Tuyisenge yongeye kwizeza APR kugera ku ntego

Igisenge cya Petit Stade Amahoro kirava, byatumye umukino wa REG na APR VC usubikwa