inyigisho
Mukobwa:Nguku uko bizahora iteka bikugendera niba kwambara ibigukwiye byarakunaniye!

Birumvikana ko ari wowe wihitiramo imyenda ikubereye waba ugiye kuyigura cyangwa kuyambara ndetse yewe hari igihe  ari wowe ukoresha amafaranga yawe bwite ,ariko se bimaze iki kuyambara abantu bakaryana inzara ,abandi bakifata ku munwa cyangwa ku mazuru,atari uko bagize ishyari ahubwo ari ukubera ko bagize ipfunwe ry’uko uri kubahenera?.
Birakwiye ko wiyambika mbere yuko ugenda urwana n’umuyaga cyangwa ugenda ureba nawe ubwawe wifitiye isoni,ese ubu ntapfunwe wagira mu gihe umuyaga waba ukwambitse ubusa nk’umunyamideli Xenia Tchoumi,ubwo Xenia yari yitabiriye iserukiramuco rya cannes,yagiye yambaye ikanzu ngufi ku buryo buhagije ,maze nawe umuyaga ntiwamworohera,umwambika ubusa.
Xenia afite imyaka 28,ubuzima bwe yabuhariye kumulika imideli kuva ubwo yigaga mu ishuli rikuru rya Lugano muri Switzerland,none ko hari abiyambika nkawe atari n’abanyamideli ? ko se hari n’abamurusha kwiyambika impenure kandi batarigeze banarota kuzarimba by’umwuga nyamara kuko bamubonye we n’abandi nkwe bambaye ibingana bitya ?,ntibita ku muco cyangwa aho batuye bo barambara maze bagasigara bahangaan n’umuyaga ndetse no kwicara birundarunda ndetse yewe iyo abana bato babonye bumva ikimwaro,nyamara ntibikwiye.
Comments
0 comments
-
Hanze19 hours ago
Wa musore ufite ubumuga bw’ubugufi bukabije ukundana n’umukobwa w’ibiro 100 ari mu mazi abira.
-
Mu Rwanda10 hours ago
Tidjara yahishuye uko abigenza iyo abonye inkumi zije gusura umuhungu we mu rugo.
-
inyigisho19 hours ago
Ngibi ibintu bibi cyane ukwiriye kwirinda gukora mu gitondo ukibyuka|byakugiraho ingaruka utitonze.
-
Utuntu n'utundi19 hours ago
Mu mafoto:Irebere ubwiza bw’ikiraro gikozwe mu birahuri|benshi cyabateye ubwoba.
-
Utuntu n'utundi13 hours ago
Nta muntu utazatwika: Umukecuru w’imyaka 92 akomeje gutwika imbugankoranyambaga bitewe n’amafoto akomeje gushyira hanze.
-
Imyidagaduro19 hours ago
Miss Ingabire Grace yavuze impamvu atakigaragara ku mbuga nkoranyambaga
-
Hanze12 hours ago
Umuraperi AKA yashyinguye umukunzi we witabye Imana nyuma yo kumwambika impeta
-
Mu Rwanda15 hours ago
Wa musore Pattel mwakunze ararize|yerekanye umukunzi we baterana imitoma.