Inkuru rusange
Mukobwa:Nguku uko bizahora iteka bikugendera niba kwambara ibigukwiye byarakunaniye!

Birumvikana ko ari wowe wihitiramo imyenda ikubereye waba ugiye kuyigura cyangwa kuyambara ndetse yewe hari igihe  ari wowe ukoresha amafaranga yawe bwite ,ariko se bimaze iki kuyambara abantu bakaryana inzara ,abandi bakifata ku munwa cyangwa ku mazuru,atari uko bagize ishyari ahubwo ari ukubera ko bagize ipfunwe ry’uko uri kubahenera?.
Birakwiye ko wiyambika mbere yuko ugenda urwana n’umuyaga cyangwa ugenda ureba nawe ubwawe wifitiye isoni,ese ubu ntapfunwe wagira mu gihe umuyaga waba ukwambitse ubusa nk’umunyamideli Xenia Tchoumi,ubwo Xenia yari yitabiriye iserukiramuco rya cannes,yagiye yambaye ikanzu ngufi ku buryo buhagije ,maze nawe umuyaga ntiwamworohera,umwambika ubusa.
Xenia afite imyaka 28,ubuzima bwe yabuhariye kumulika imideli kuva ubwo yigaga mu ishuli rikuru rya Lugano muri Switzerland,none ko hari abiyambika nkawe atari n’abanyamideli ? ko se hari n’abamurusha kwiyambika impenure kandi batarigeze banarota kuzarimba by’umwuga nyamara kuko bamubonye we n’abandi nkwe bambaye ibingana bitya ?,ntibita ku muco cyangwa aho batuye bo barambara maze bagasigara bahangaan n’umuyaga ndetse no kwicara birundarunda ndetse yewe iyo abana bato babonye bumva ikimwaro,nyamara ntibikwiye.
-
Imyidagaduro17 hours ago
Bimwe mu byamamare mpuzamahanga byatwawe umutima n’uburanga buhebuje bw’Abanyarwandakazi(AMAFOTO)
-
inyigisho20 hours ago
Nujya gusezera uwo ukunda ujye umuha ukuboko kw’ibumoso| dore impamvu
-
Imyidagaduro23 hours ago
URUKUNDO RURASHONGA:Bijoux wo muri Bamenya uherutse kwambikwa impeta yamaze guhindura Fiancé (VIDEO)
-
Imyidagaduro14 hours ago
Miss Ricca Michaella yumiwe nyuma yuko abajijwe niba ikibuno cye atari igipapirano
-
Imyidagaduro20 hours ago
Umugore wa Nyakwigendera Dj Miller yongeye kwerekana ko akizirikana umugabo we
-
inyigisho22 hours ago
Uretse amabuno y’abakobwa b’i Kigali, dore ibindi bintu bisigaye bituma abagabo baca inyuma abagore babo
-
Inkuru rusange4 hours ago
Inkweto umwuzukuru wa Joe Biden yambaye sekuru arahira zikomeje guca ibintu hirya no hino ku Isi.
-
imikino3 hours ago
Yannick Mukunzi yagereranyijwe n’ibihangange Cristiano Ronaldo, Messi ndetse na Neymar