in

Mugore ,irinde kubaza umukunzi wawe ibi bibazo mu gihe cyo gutera akabariro niba ushaka kuryoherwa

Biragoye ku mugabo kumva  umugore we avuga mu gikorwa cyo gutera akabariro.⁣Kandi ibintu abasore bifuza kumva mugihe batera akabariro ni ukugaragarizwa ko barimo kwitwara neza muri iki gikorwa. ⁣
⁣hari ibibazo umuntu wese w’igitsinagore aba agomba kwirinda kubaza niba ashaka kugira umunezero no kwishimira imibonano mpuzabitsina.

1. Urankunda? ⁣

Nkuko ushobora kuba warabyunvise, imibonano mpuzabitsina iba myiza iyo abari muri icyo gikorwa bafite ibitekerezo bitekanye.Iki kibazo rero wowe mugore ntiwakagombye kukibaza umukunzi wawe.


2. Urimo kugerageza gukora iki? ⁣

Ibi ni nyuma yuko ushobora kuba usomana ugakora kumubiri we ukamureka akumva ibyawe muminota igera kuri 10 cyangwa 15. ⁣Nyamuneka, mugore, reka kubaza iki kibazo kuko uba urata umwanya kuko byatuma utishimira ibyo urimo.

3. Uratekereza ko mfite ibiro byinshi? ⁣

Ibiro ni ikibazo kimwe cyoroshye abagore benshi badafite umutekano kandi ibi birumvikana ko aribyo bituma babaza ikibazo.⁣Ariko, yewe, ntaho bihuriye no gutera akabariro.

Nibyiza gukuraho iki kibazo mbere yuko mwembi mwambara ubusa. Byukuri. Uretse ibyo, hari abagabo bakunda abagore babyibushye. Mugihe ushidikanya, fata gusa ko ari umwe mu basore cg abagabo bakwishimira.
Nubwo ubu abaye adakunda umubiri wawe, igihe cyiza cyo kubiganiraho ntabwo ari mugihe cyo mu buriri. Tegereza kugeza murangije.⁣

4. Ese urampa ya mafaranga nagusabye?

Tekereza ibi nibisanzwe kandi byoroshye kubivuga, mubyukuri. Abagore bazi ko abagabo bavuga kandi bagatanga icyifuzo icyo aricyo cyose mugihe cya cyo gutera akabariro .Ikibazo cyamafaranga ntiwakagombye kukibaza mu gihe murimo gutera akabariro.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gitifu yakuye amenyo umukobwa wanze ko baryamana

Urukundo rw’Ubuzima bwanjye! – YAGO yifotoje ari kumwe n’Umubyeyi we amwibutsa ko ari urukundo rw’ubuzima bwe