in

Mu Rwanda: umukobwa ari mu marira nyuma yo guha umusore amafaranga menshi ngo azamurongore akamuhemukira

Umukobwa yagiye ku mbuga nkoranyambaga maze asaba ko abantu bamugira inama nyuma yo guha amafaranga menshi umusore ngo bazakore ubukwe ariko umusore bikarangira yikundiye undi.

Uyu mukobwa aribaza niba yamureka cyangwa yamushuka bagasubirana akamwaka amafaranga ye yamuhaye.

Yagize ati:“Muraho,njye nakundanye n’umusore umwaka wose,nabonaga afite gahunda afite n’imishinga twese yazatugirira akamaro ku buryo yansabaga amafranga nkayamuha,namuhaye amafranga atari macye pe none mu mezi yashize naje kumva ngo yatangiye kubana nundi mukobwa ntanikintu ambwiye,naramuhamagaye inshuro nyinshi akazajya ankupa birangira atagize nicyo ansobanuriye pee…none ubu nyuma y’amezi 6 arimo kunsaba ko ngo namubabarira ngo tukongera tugakundana,njye nari narabonye undi ariko kubera ukuntu yampemukiye akantwara amafryanjye ndashaka kumubeshya ko namubabarire akaza hama nkareba ko nyamukuraho”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Callixte
Callixte
1 year ago

Ubundi bajya bavugango, nta nkoko iruka. uribeshye rero ahubwo tuza ukomeze ibyo watangiye

Mvukiyehe Juvenal abangamiwe n’ikintu kimwe gikomeye ubuyobozi bwa Kiyovu Sports butari kumwemerera

Uwihaye Imana yikase igitsina kubera yagerageje gutera akabariro bikamunanira-Amafoto