in ,

NDASETSENDASETSE YEGOKOYEGOKO NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze

Mu Rwanda: Abantu batunguwe no kubona icupa rya Miitzing ripfundikije umufuniko wa Amstel, baribaza inzoga iri mu icupa iyariyo

Umugabo witwa Gatete muhamoud yasangije abamukurikira kuri Twitter ubutumwa bwatangaje abantu aho yagaragaje ko hari akabari kagaragayemo icupa rya Mutziing ariko rikaba ryari ripfundikije umufuniko wa Amstel. ibi ngo bikaba byatangaje abari aho bibaza niba uruganda rwa Bralirwa rusigaye ruvanga inzoga.

Mu butumwa bwe yagize ati ” Icupa rya Miitzing ripfundikije Amstel ryateje impagarara mu kabari ,Bralirwa isigaye ivanga inzoga z? Abacuruzi bari gutaka ibihombo kuko izi nzoga zivangavanze bayoberwa ibiciro bazigurishaho.Barasaba Rwandagov ko yagenzura n’ubuziranenge”

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
6 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Niringiyimana Patrick
2 years ago

Biratangaje kbx iyo nzogq
0788725620

Uwurukundo Emmanuel
2 years ago

Biterwa nabacuruzi bavanga amavide mumacyese 0788445534

Eto'o
Eto'o
2 years ago

Ibi birasanzwe nange nigeze kubibona ncuruza inzoga 0785402095

Iyakaremye Dieudonne 0788673335
Iyakaremye Dieudonne 0788673335
2 years ago

Covid 19 yatumye Bralirwa igira abakiriya benshi bigatuma abakozi bakora amakosa. Uko niko mbyumva mbiswa daaa

Marcel
Marcel
2 years ago

Ibi bibaho cyane ko bakibeshya kwicupa gusa hakorwe ubugenzuzi
0787474016

Gad
Gad
2 years ago

Eeeeh ni hatari 0788949866

Exclusive: Umukinnyi ukomeye wa APR FC yasabye ko bamurekura agashakira ahandi

Matchday live : Mukura VS vs Police FC