in

Mu magambo yuje urukundo n’ imitoma Ndanda yifurije Anitha Pendo isabukuru nziza.

Ndanda Alphonse wahoze ari Umugabo wa Anitha Pendo, ndetse bafitanye abana babiri,kuri uyu munsi wahariwe kwizihizwa n’ abakundana na we yeretse Anitha Pendo ko akimuzirikana akoresha amagambo meza amwifuriza umunsi mwiza w’amavuko.

Tariki ya 14 Gashyantare ni umunsi wabakundana bikaba akarusho cyane k’ umunyamakuru Anitha Pendo kuko ariyo taliki yavukiyeho.
Kuri uyu munsi nibwo Ndanda yashyize ifoto ya Anitha ku rukuta rwe rwa Instagram ari kumwe n’abana be babiri maze arenzaho amagambo meza amwifuriza kugira isabukuru nziza yongeraho ko asaba Imana gukomeza kumurinda.

Yagize ati”Isabukuru nziza y’amavuko Mama Tn Ryan Imana ikomeze ikurinde.Nkubaha iminsi yose.Imana iguhe umugisha mama TR.”

https://www.instagram.com/p/CLR4He9A9zH/?igshid=116atumps46qs

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ku myaka 23 y’amavuko amaze kubyara abana 11|Yatangaje ko ashaka kubyara 105|Ntasanzwe.

Bamaze imyaka myinshi baremerewe n’ubumuga budasanzwe|bamwe bavuga ko batererejwe amashitani.