in

Mu mafoto:Bruce Melodie akomeje Guca impaka nguwo mu rugendo yerekeza i burayi

Itahiwacu Bruce kuri ubu umaze ku aka izina rikomeye mu Rwanda ariryo Bruce Melodie ku ijoro ryo kuri uyu wa Kane 20 Ukwakira 2022 nibwo uyu muhanzi yafashe rutemikirere yerekeza mu Budage kujya gususurutswa abanyarwanda n’inshuti zabo bahatuye.

Bruce Melodie uri mu bahanzi bafite agatubutse mu Rwanda akomeje kwagura ibikorwa bye ajya gukorera ibitaramo bye byinshi mu mahanga byumwihariko ku mugabane w’uburayi.

Nk’uko Bruce Melodie yabitangaje yavuze ko atajya we no gutaramira muri iki gihugu gusa kuko yatangaje ko azahafatira Amashusho y’indirimbo ze ebyiri yitegura gushyira hanze.

Indirimbo aherutse gusohora yakoranye n’umuhanzi innos b wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ubu nayo a ze kurebwa n’abarenga miliyoni 1.1

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bari ahantu hateye ubwoba, baririmba indirimbo mu rurimi rw’igikiga dore videwo y’umunyamakuru Benjamin Gicumbi yasuye abanyagicumbi(videwo)

Christopher agize ati “hiti si nyoko, ntarahura na Element numvaga ari agapeti” atangaje byinshi ku muziki we