Imyidagaduro
Mu mafoto utazi reba uburanga bwa Miss Colombe!

Kubera uburanga n’ubuhanga yifitiye yahigitse abo bari bahanganye maze aba Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2014,ndetse kuvuga ko u Rwanda n’abarutuye bimukumbuye ntabwo ari ukubeshya kuko ari mu gihugu cy’Ubufaransa aho akurikiranira amashuli ye y’ikiciro cya mbere cya Kaminuza mu ishuli ryitwa Institut Supérieur du Commerce de Paris  aho yiga mu ishami rya Commerce de luxe.
Nyuma yo kujya hanze yabaye Nyampinga w’U Rwanda wa 4 ugiye kuba hanze y’igihugu nyuma ya Miss Rwanda 1993 uba mu Bubiligi n’umugabo we, Bahati Grace watowe muri 2009 uba muri USA, Mutesi Aurore watowe muri 2012 uba muri Turkey.
YEGOB yifashishije  aya amafoto yakuye hirya no hino yifuje  kukwibutsa uburanga bwa Akiwacu Colombe mu gihe ataragaruka mu rw’imisozi igihumbi
Comments
0 comments
-
Utuntu n'utundi21 hours ago
Umukobwa yarase umukunzi we ko iyo bari kumwe yumva nta ntare yamukoraho ,nyuma imbwa ije bakizwa n’amaguru.
-
Imyidagaduro23 hours ago
Ndimbati yagaragaye mu bukwe bwa Myasiro n’umukunzi we
-
Hanze18 hours ago
Uyu mugabo bamutegeye kurya amagi 50 maze agahabwa akayabo, apfa amaze kurya 42.|Menya icyamwishe
-
Mu Rwanda10 hours ago
Umwana Samantha ukina filime aherutse kwibaruka yitabye Imana
-
Hanze18 hours ago
Amazina ya nyayo y’umugabo Zari yasimbuje Diamond Platnumz arashyize aramenyekanye.
-
Utuntu n'utundi23 hours ago
Abantu benshi batunguwe n’umugore wirukanse yambaye ubusa ubwo hashyingurwaga Prince Philip.
-
Ubuzima2 hours ago
Ibimenyetso simusiga byakwereka ko wamaze kwibasirwa na stress ikabije.