imikino
Mu mafoto reba ibyo utabonye mu mukino Peru yasereyemo Brazil muri Copa America Centenario!

Ubu kimwe mu nkuru iri kuvugwa cyane mu mikino n’uburyo ikipe y’igihugu ya Brazil yakubiswe incuro mu gikombe gihuza amakipe y’ibihugu byo ku mugabane wa Amerika.gutsindwa na Peru byabaye ku incuro ya mbere kuva mu mwaka w’1985, Copa America yari imaze  imyaka isaga 30 Brazil itaviramo mu matsinda.

RuiDiaz yohereza umupira mu ncundura maze Peru ibyina intsinzi
Raul Ruidiaz ku munota wa 75,yohereje umupira mu izamu rya Brazil maze igitego kiba kiranyoye,ikipe y’umutoza Dunga iba iviriyemo mu matsinda.kuri Dunga ngo ntabwoba yatewe n’uko ikipe ye yavirimo mu matsinda ndetse ngo we ubwoba agira n’ubwo urupfu gusa,ariko kandi ati””It was such a clear handball” Dunga”byagaragaraga ko umupira wakoreshejwe intoki
Cyo kimwe n’abakinnyi be,nabo buzuye ku wayoboraga umukino Andres Cunha,bamubwira ko umupira wakoreshejwe intoki ariko aratsemba,igitego gikomeza kuba igitego,maze abakunzi ba  Brazil benshi bahamya ko barenganyijwe ariko  ku bafana Peru umudiho uba wose

Dunga umutoza w’ikipe y’igihugu ya Brazil

Mu gice cya mbere byagaragaraga neza ko Peru itorohewe

Ruidiaz wasezereye Brazil

Igitego cya Beru kibukije benshi icyo Diego Maradonna yigeze gutsindisha ikiganza mu mwaka w’1986 ubwo Argentine yakinaga n’Ubwongereza mu gikombe cy’isi

Umunyezamu wa Peru ,Pedro Gallese yakoze akazi katoroshye

Abataka ba Brazil,nka Gabriel barbosa ntabwo batambukaga ba myugariro ba Peru

Abafana ba Brazil imbeho yari yose

Abakinnyi ba Brazil nka Lucas Lima,Gil ntabwo bishimiye ibyabayeho muri uyu mukino
Comments
0 comments
-
urukundo18 hours ago
Umusore yaryamye mu muhanda hagati abantu benshi barahurura maze ahita atungura umukunzi we amwambika impeta(AMAFOTO)
-
Ubuzima19 hours ago
Dore uko bigenda ku mubiri wawe iyo unyoye amazi mu gitondo ukibyuka .
-
Mu Rwanda11 hours ago
Umunyamakuru ukomeye mu Rwanda yatewe n’abajura baramukomeretsa
-
Hanze7 hours ago
Umusore mukuru arashakisha akana k’agakobwa batahanye ubukwe bambariye abageni cyera|abantu byabatunguye
-
Ikoranabuhanga12 hours ago
Abakoresha WhatsApp kababayeho nimutitonda!
-
inyigisho18 hours ago
Amwe mu makosa akomeye abakobwa b’ingarugu bakunze gukora akaba yabaviramo kugumirwa barebye nabi.
-
Mu Rwanda7 hours ago
Biratangaje:amaze imyaka 20 yose angana gutya||ntiwamenya ko ari umukobwa kubera uburyo akinamo umupira.
-
Mu Rwanda7 hours ago
Agahinda n’urwibutso Samantha afitiye umwana we uherutse kwitaba Imana