Imyidagaduro
MU MAFOTO: Irebere ubwiza n’agaciro k’imodoka ya THE BEN

Umuhanzi Mugisha Benjamin wamenyekanye cyane ku mazina ya THE BEN ni umwe mu bahanzi bafite imitungo myinshi ndetse umuntu atatinya no kuvuga ko ari mu ba mbere bakize hano mu Rwanda. The Ben, usanzwe akorera ibikorwa by’umuziki we muri Amerika kuri ubu ari inaha mu Rwanda aho aba mu nzu ye bwite. Mu minsi ishize umuhanzi The Ben yagaragaye mu modoka ye ubwo yari agiye mu kiganiro kuri radio imwe ya hano mu Rwanda. Benshi batangariye imodoka y’agaciro uyu muhanzi yagaragayemo bityo YEGOB twifuza kubakorera ubushakashatsi kuriyo kugirango tubabwire agaciro kayo ndetse n’ubwoko bwayo.

The Ben ubwo yari mu modoka ye yo mu bwoko bwa LEXUS LX 2016

THE BEN yegamye ku modoka ye

THE BEN ahagaze iruhande rw’imodoka ye
LEXUS LX 2016 niyo modoka umuhanzi THE BEN atunze. Iyi modoka igura amadolari ibihumbi 91,160 akaba ari amafaranga y’U Rwanda asaga miliyoni 86,829,900. THE BEN akaba ari umwe mu byamamare nyarwanda batunze imodoka zihenze hano mu Rwanda. THE BEN atunze LEXUS LX 2016 ifite ibara ry’umukara.
AMWE MU MAFOTO YA LEXUS LX 2016, IMODOKA THE BEN ATUNZE

LEXUS LX 2016 ni uku igaragara uyirebeye imbere

LEXUS LX 2016 ni uku igaragara uyirebeye inyuma

Mu mbere ha LEXUS LX 2016 ni uku haba hameze
Comments
0 comments
-
Imyidagaduro18 hours ago
Urukundo ni rwogere: Fofo wo muri papa sava yuriye indege ajya gushyigikira ibikorwa by’umukunzi we
-
Utuntu n'utundi23 hours ago
Cyore:Umukwe n’umugeni bashatse kurwanira mu bukwe bakizwa na mbuga.
-
urukundo8 hours ago
Umusore yaryamye mu muhanda hagati abantu benshi barahurura maze ahita atungura umukunzi we amwambika impeta(AMAFOTO)
-
Mu Rwanda22 hours ago
Maze imyaka 40 nta mugabo urantereta|Ninjye muntu mubi cyane ku isi||ukuguru kwanjye banze kuguca.
-
Ubuzima8 hours ago
Dore uko bigenda ku mubiri wawe iyo unyoye amazi mu gitondo ukibyuka .
-
Mu Rwanda21 hours ago
Akumiro:Bamuroze kugira ibitsina bibiri nyuma yo kurya isake y’umukobwa||Ubuhamya bwa Miss Munyago w’i Nyamasheke.
-
urukundo21 hours ago
Abantu benshi bashimishijwe cyane n’ubukwe bw’umusore umaze imyaka 14 mu kagare k’abamugaye n’inkumi y’ikizungerezi.
-
Hanze18 hours ago
Wa muhanzikazi wamaze icyumweru kwa Diamond Platnumz yahaswe ibibazo| Ibyo guterwa inda na Diamond| Ukuri kose yagushyize hanze