in

Mu mafoto ateye ubwuzu: Producer Knoxbeat yakoze ubukwe bw’agatangaza n’umukunzi we.

Hari hashize amezi abiri Producer Knoxbeat asabye umukunzi we Akamikazi Bernice,ko bazabana akaramata, kuri ubu yarushinganye n’uyu mukunzi we.

Knox Beat witwa Joseph Habimana yarushinze nyuma y’aho tariki 25 Werurwe 2021 yari yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Akamikazi Bernice, mu muhango wabereye mu murenge wa Murenge wa Nyakabanda ho mu mujyi wa Kigali.

Uyu musore usanzwe amenyerewe mu gutunganya indirimbo yari agaragiwe na Rocky Kimomo nka Parrain nk’uko byanagenze ubwo yajyaga gusezerana mu murenge.

Reba amwe mu mafoto yaranze ubukwe bwabo:

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Davido yamaze gutandukana n’umukunzi we.

Ibintu bitangaje ushobora kuba utazi ku mpyiko z’umuntu.