in

Mu kiganiro Urubuga Rw’imikino kuri radiyo Rwanda bungutse abandi banyamakuru, abakobwa 2 b’ibizungerezi(Amafoto)

Kuri radiyo Rwanda mu kiganiro Urubuga Rw’imikino hasanzwe hamenyerewe abanyamakuru biganjemo ab’igitsina gabo, gusa kuri ubu uretse umunyamakurukazi Rigoga Ruth ubu bungutse abandi banyamakuru babiri b’abakobwa muri icyo kiganiro.

Umunyamukuru Ikinyange Masinzo usanzwe wumvikana kuri radiyo Magic FM mu kiganiro Magic Drive ubu asigaye yumvukana mu kiganiro Urubuga Rw’imikino.
Dore amwe mu mafoto ya Masinzo twabashije kubabonera.

Undi mu nyamukuru uri kumvikana mu kiganiro Urubuga Rw’imikino ni uwo bita Cynthia Naissa uzwi ho ubusesenguzi bucukumbuye mu bijyanye na Siporo.
Dore amwe mu mafoto ya Naissa twabashije kubabonera.

Ubusanzwe Urubuga Rw’imikino rukorwa n’abanyamakuru nka Rigoga Ruth, Axel Rugangura, Reagan Rugaju, Claude Kwizigira, Nkurunziza Emmanuel Ruvuyanga, David Mugaragu ndetse n’abandi bagiye batandukanye.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Eddy kenzo yandikishije amateka atarakorwa n’undi muhanzi muri East Africa

Inkuru ibabaje; umusifuzi wasifuriye PSG ku cyumweru yitabye Imana