in

Mu ijoro ryakeye ubwo Element yajyaga kurubyiniro abafana banze ko aririmba rubura gica(Videwo)

Mu ijoro ryakeye ubwo Element yajyaga kurubyiniro abafana banze ko aririmba.

Ni mu gitaramo cya Kigali Fiesta cyaraye kibaye cyatumiwemo n’umunya Nigeria Joeboy, ubwo Element yajyaga kurubyiniro kugirango aririmbe byagoranye kuko abakunzi be bamurushaga amajwi mu ndirimbo ye ‘Kashe’ kuko bayizi yose.

Icyagaragaye ni uko uyu muhanzi akaba n’umu producer Element akunzwe n’abatari bake kuko kuri ubu afite indirimbo imwe gusa ‘Kashe’.

Reba Videwo hasi..

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyir’inzu yasabye abapangayi batarongora kumuvira mu nzu

Muzehe Pele utorohewe n’ubuzima yagize icyo asaba abamukunda!