in ,

Mu gihe biteguraga kurushinga, Platini n’umukunzi we Diane batandukanye mu buryo butunguranye

Umwaka ushize ubwo Clement na Knowless basezeranaga kubana akaramata batangajeko abazabakurikira ari ntabandi batari Platini wo muri Dream Boyz n’umukunzi we Diane ndetse nabo ubwo bari babyiyemereye gusa ariko ubu amakuru dufite aremeza ko Platini na Diane batagisezeranye ubungubu natagikundana ndetse ahubwo Diane yaba yiboneye undi musore wo kumufata neza.

platini1
Platini na Diane ni imwe muri couple zakunzwe ndetse zavuzwe cyane muri showbiz nyarwanda

Gutandukana kwa Platini na Diane bikaba byatangiye kuvugwa nyuma y’uko bigaragaye ko Diane yasibye amafoto atandukanye yari afite kuri Instagram ari mu byishimo n’uwahoze ari umukunzi we ndetse biteguraga kubana nk’umugore n’umugabo ariwe Platini.

Nyuma yibyo Diane akaba yongeyeho no gu posting amafoto y’umusore bivugwako yabariwe yasimbuje Platini mu mutima we. Uwo musore akaba yitwa Rutayisire Fiston akaba kandi nawe akunze gutera imitoma Diane kuri instagram.

ruta1
Nguwo umusore wasimbuye Platini

Aka wa mugani wa Riderman ngo nta mukinnyi utagira umusimbura, icyari Platini&Diane ubu cyahindutse Team F&D (bisobanuye Team Fiston&Diane)

ruta2

ruta3

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
3 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Zuzu
Zuzu
7 years ago

Mukobwa wanjye urabizi ndagufana cyane baravuga ngo va kugiti fata umuntu.ndabakunda feston and diane

Chantal
Chantal
7 years ago

Platini nubundi wateretaga abakobwa benshi gumana na Colombe wawundi waruri muri miss ufite amaso Manini kuko nubundi usazwe umurongora. Diane nice couple uwo mutype aruzuye kabisa

LOVE
7 years ago

PLATINI IHANGANE NTURUWAMBERE NTURI NUWANYUMA BIBAHO TWETWAGUTANZE KUBABAZWA NURUKUNDO KUBERA( ABAGOME) BASHINZWE KUROGA NO GUKOMERETSA IMITIMA Y’ABANTU WOWE IKARUME KANDI UMENYEKO IKITARI ICYAWE KIBA ATARI ICYAWE AKABAVU KAWE KARAHARI KANDI WIBUKEKO URUKUNDO NI IKINTU GIHENZE KANDI NI IRWARA IFITIWE UMUTI NU UMUGANGA UMWE GUSA (UWOWAKUNZE )NTAKIGUZI NAKIMWE WATANGA NGO UGURE URUKUNDO NIYOMPAMVU URUKUNDO ARI IMPANO IKOMEYE ITANGA N’IMANA,ABANYARWANDA BOHAMBERE BACIYE UMUGANI NGO UKURUSHA UMUGORE ABA AKURUSHA URUGO RWIZA, IMIGANI NAYO ITI :URUGO NA AMATUNGO UMUNTU ABIHABWA NA ABABYEYI BE ARIKO UMUGORE MWIZA UMUHABWA N’UWITEKA KANDI UMUGORE UFITE UBURANGA BWIZA UTAGIRA UMUTIMA AMEZE NK’UMURINGA WA ZAHABU YAMBIKWA IKIZURU K’INGURUBE, GUSA IKARUME UWANZE KUVUGWA YAHEZE MUNDA YA NYINA UBWOSE HARI ICYO UTABONYE?(TEKEREZA IGIHE SHA BYIHORERE)UBUNDI UWO WITA INSHUTI YAWE NINAWE MWANZI WAWE IGIHE CYOSE UGE UBA SITANDIBAYI YOKWAKIRA UBITURUTSE KUBO WITA INSHUTI ZAWE ICYAKOZA SHA URAWUSIMBUTSE NDAVUGA UMUBABARO KUKO WARI KUZABABARA URENZE UWO. NTACYO BITWAYE IRABANZA NICYO NAKOZE IGAHERUKA URIYA MUSORE AZAGUTANGIRA ICYO TWITA IKOSORA KANDI UZABONAKO IMANA IGUKUNDA EREGA IGIHEMU KIRATINDA NTABWO GIHERA IBUKA SHA ARIYA MAGAMBO YAKUBWIYE YEBABAWE NTIWUMVAGA UMEZE NKURI MURI PARADIZO? CYAKORA IMANA NIYO IMENYA UMUTIMA W’UMUNTU GUSA,ICYONZICYO NTAKINTU KITAGIRA INGARUKA CYABA KIZA CYABA KIBI.

Irebere amafoto agaragaza ubwiza bw’amastade azakinirwaho imikino yanyuma y’igikombe cya Afurika

Dore uko Miss Keza Joannah na Flora bifashishije iri cupa binjira muri weekend (Video)