in ,

Mu gihe abasore benshi bifuza kumumwiba, umukunzi wa Savio yongeye kumugaragariza ko amukunda birenze igipimo

Nyuma yo kubona uburanga buhebuje bw’umukunzi wa Rutahizamu wa Rayon Sport Nshuti Savio, abasore batandukanye bagiye bamutega iminsi bamubwira ko bazamumwiba gusa ariko ibyo ntacyo byahungabanijeho urukundo rwa Savio na Tracy, ndetse ahubwo Tracy yongeye gushimingira ko akunda Savio ku buryo bukomeye.

Ejo bundi Umutesi Tracy akaba yarashyize kuri Instagram  ari  kumwe na Savio aho aba amusoma ku ijosi maze yongeraho amagambo yuzuye imitoma agira ati :”I didn’t know that it was possible to fall in love over and over, deeper and deeper, with the same person every day #I_love_you ????????????????” bishakuvuga ngo :”Sinarinziko bishoboka gukunda umuntu umwe gusa ukagenda urushaho kumukunda umunsi ku munsi #ndagukunda”.

Ibi rero bikaba ari nko kumugaragariza ko ibyo abantu bavuga ko bazamumwiba ntacyo bivuze kuko ariwe gusa yikundira ndetse arushaho kumukunda uko iminsi igenda ihita.

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gahunda ya Manchester United yo kugura Antoine Griezmann iburijwemo ku munota wa nyuma

Ku myaka 25 gusa Neymar akoze ibintu byari byarananiye Cristiano Ronaldo na Lionel Messi