in ,

Miss Rwanda Umutesi Jolly yerekanye itandukaniro rye n’abandi banyampinga bamubanjirije: AMAFOTO

Yagize ati mu gikorwa cyanjye nise ‘Agaciro kanjye campaign’, Nyampinga w’u Rwanda 2016 Mutesi Jolly kuri uyu wa gatatu w’icyumweru gishize  yasuye urubyiruko 2 949 ruri mu kigo ngorora muco ku kirwa cya i Wawa mu kiyaga cya Kivu arusaba ko igihe bazarangiriza amasomo bahabwa bagasubira mu ngo zabo bakwiye kuzaba abavugizi mu kwamagana ibiyobyabwenge no kumenya agaciro kabo mu muryango nyarwanda,

MISS RWANDA UMUTESI JOLLY arimo arataga inyigisho
MISS RWANDA UMUTESI JOLLY arimo arataga inyigisho

 Ni ubwa mbere nyampinga w’u Rwanda agiye muri icyo kigo nkuko bitanganzwa n’ubuyobozi bwaho ndetse banavuga ko ari urugero rwiza ku rundi rubyiruko rufite icyo rwafasha bagenzi babo babaye imbata z’ibiyobyabwenge.

Nzabamwita Nicolas ukuriye icyo kigo cya i Wawa, yashimiye cyane Miss Jolly ku rukundo yagaragarije urwo rubyiruko anamusaba ko akwiye kuba umuvugizi wabo nk’indorerwamo ya rubanda.Yavuze ko ikibazo cy’ibiyobyabwenge ari ikibazo kitareba leta gusa. Ahubwo ko ari ikibazo cyagakwiye gutekerezwaho mbere n’ababyeyi noneho leta ikaza ari umwunganizi.

Mu myaka itandatu kimaze gishinzwe, abana bamaze kuharangiriza amasomo bahabwa y’uburezi basubira mu mago yabo bagera ku 7355.

DORE AMAFOTO

27635490411_34d5713e40_z
UMUTESI JOLLY yitegura kwambuka ikivu agiye iwawa
27098882753_2a07a12050_z
urubyiruko rw’iwawa rutaramira MISS RWANDA banamusezera
27634279421_ed046c0001_z
ibikorwa bigira iwawa
27609005542_f23ca7ccc8_z
Nzabamwita Nicolas yakira MISS RWANDA

27097127554_d87543fdff_z

27430876720_f0ed3d5f6d_z
27430730750_4fac149b94_z
27634717911_bef71ef310_z
27608738082_97e6cf4c8e_z
27634589371_0d250bfa1e_z
27675271496_e9f434475a_z
27674928246_704079898f_z
27710270015_3028c6a093_z

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

CHARLY na NINA bamurikiye abanyarwanda indirimbo nshya ifite ubwiza burenze INDORO indirimbo yabo yambere yakunzwe mu Rwanda : (REBA VIDEO )

Olvis yihenuye kuri Miss Vanessa amwumvisha ko iyo aza kuba umwana koko batari kuba bararyamanye