in ,

Miss Mutesi Aurore yibasiwe n’abafana ku buryo bukomeye (impamvu)

Mutesi Aurore ni umwe mu ba Miss b’u Rwanda bakunzwe cyane kubera ubwiza bafite by’umwihariko kubera imico, gusa ariko ku munsi w’ejo yisanze ari kuvugwa nabi kubera umubano we na Egide. Uti byagenze bite rero.

Ku munsi w’ejo ifoto ya Miss Akiwacu Colombe yambaye Bikini mu marushanwa ari kubera muri Pologne yagiye ivugwaho byinshi aho benshi bakomeje kumushinja kwiyandarika no konona umuco nyaRwanda, gusa ariko ntibibujije ko hari n’abari bamushigikiye.

Abantu banengaga Colombe bakomeje kugenda bamugereranya na Aurore, bavuga ko Aurore we yanze kwiyandarika yanga kwambara Bikini yonyine akenyera akenda, gusa ibi nibyo byaje kuviramo Aurore kwibasirwa ubwo umwe mu baburanaga yaje atangaza aya magambo : “Aurore yahishaga mumatako hafatanye. Naho ntimwambwirango numuco wabimuteye ubuse kubana na egide wo numuco?” muri make yashatse kumvikanisha ko Aurore kuba yaranze kugaragara muri Bikini bidafite aho bihuriye n’umuco nabusa ahubwo ari kubera uburyo yari ateye muri icyo gihe ndetse yungamo avugako ko kubana n’umukunzi we Egide nabyo byonona umuco Nyarwanda kuko batashakanye.

Mu 2014 Miss Aurore Mutesi we yakenyeye igitambaro aho abandi bambaye udusamamagara
Mu 2014 Miss Aurore Mutesi we yakenyeye igitambaro aho abandi bambaye udusamamagara
Akiwacu Colombe ari guhatanira kuba Miss Supranatural2016
Akiwacu Colombe ari guhatanira kuba Miss Supranatural2016

Dore comment zitandukanye z’abantu bateranye amagambo kubera ibyo :

aur2

aur3

aur1

aurore1
Aurore na Egide ni imwe muri Couple zikunzwe cyane muri showbiz Nyarwanda

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
8 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Jeannette
Jeannette
7 years ago

Ni nde c wakubwiye ko babana?mwagiye muvuga ibyo muhagazeho!inshyanutsi gusa

meme
meme
7 years ago
Reply to  Jeannette

Comment:niba uli nincuti ye tuza
mu muco wacu ntaho twatojwe kujya kumara ukwezi mu nzu yumusore mutarashakanye mwitwaje ngo nuko muli en couple(bifatwa nkubusambanyi)

Natacha
Natacha
7 years ago

Colombe ndamushyigikiye 100%. Nonese Aurore yanga kwambara bikini, ubundi ntiyari yagiyeyo azi ko biri muri condition zo guhatana. Kereka niba ibyo gutsinda atari byo byamujyanye , yari yagiyeyo kwitemberera. Colombe ni umukobwa uzi icyo ashaka kandi ushaka kukigeraho. Courage Colombe. Nitwite ku njiji zitazi lumen ya ibihe. Niba binyuranye n’umuco, leta yacu ive muri ayo marushwanwa, kuko n’ababishinzwe bazi conditions.

Abiellah
7 years ago

Rwose ibyo Natacha avuga ni ukuri 100%. Niba ugiye mu irushanwa uzi neza ko kwambara Bikini ari condition ugomba kubikora wakumva utabyemeye ukareka kujya gutesha abantu umwanya.
Naho ibya Aurore byo ni ukubeshyabeshya gusa. Yego Aurore ni mwiza mu maso ariko amatako ye ameze nka ya Buffle. Rero ntiyari gutinyuka kuyerekana abona hari abandi bana bafite za thigh gap. maze atangira gushyiraho abantu ngo ni umuco nyarwanda. Ubu se ko ari umugore w’umugabo kandi batarashakanye?
Uwitwa Neema we nawe ibye turabizi yahishaga inda kuko yari afite mu nda hanini nyuma nawe abeshya ngo ni umuco nyarwanda! Erega abantu bose baba bafite ubwenge!!

bo
bo
7 years ago

Comment:@abiellah uvuze neza cyane rwose,uzajya usanga abamiss batazi gucontrolla amataille yabo nibarangiza ngo imico,ubutaha uziko atazambara bikini ajye asigara home bohereze usobanukiwe namategeko agenga irushanwa kuko kujyayo nta tegeko cg igitutu baba bamushyizeho niyo mpamvu usanga abana bava diaspora bitwara neza
.rw mwakoze kubwiyi nkuru rwose nali nalabuze uzatinyuka kurikocora

mella
mella
7 years ago

Comment:kabisa mubivuze ukuri pe ngaho nawe ndebera aliya matako ya aurore ukuntu angana urebe nutwana tumuri iruhande nurangoze umbwire ngo yari gutinyuka gukuraho agatambaro ,ngaho uzarebe neema ibicece yari afite yewe ntibakitwaze umuco bagerayo bikabacanga

Rene
Rene
7 years ago

abantu muratangaje iyo muvugako colombe yataye umuco kera ko banyamwari babaga mugikari badasohoka bishatse kuvuga ko na minisiteri yu muco nayo yaba yarataye umuco kuba ishyigikiye ibikorwa byo kwiyerekana kw’abakobwa (Miss Rwamda) kandi mumuco tuziko abari arabo mugikari

Phionah
Phionah
7 years ago

Hhhhhhhhhhhh!
Ati imico!!
Nonese arukwambara bikini nokubana numusore basa mbanarahagusanze burimunsi umuco muwuhe?!!

Iyi n’inkuru y’incamugongo ndetse yanashyize mu mazi abira ikipe ya Real Madrid

Amagambo wenger yatangaje nyuma yo kunganya na PSG yaciye intege cyane abakunzi b’ikipe ya Arsenal