in

Miss Meghan yahishuye ibanga rikomeye ku byabereye muri Boot Camp bifatwa na benshi nk’ubujura

https://yegob.rw/wp-content/uploads/2019/01/meg3.jpg

Nimwiza Meghan wegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2019, yasobanuye impamvu Miss Cyiza Vanessa yabashije kwegukana ikamba rya Miss Congeniality kandi yari yaraye asezerewe n’abandi bakobwa muri Boot Camp.

Ubwo yari yatumiwe mu kiganiro kuri KT Radio, Miss Rwanda 2019, Nimwiza Meghan, yabajijwe ku kibazo cya Kata bivugwa ko zakoreshejwe muri iri rushanwa maze ahishura ko bidashoboka nabusa ari naho yahise asobanura uburyo Cyiza Vanessa yabonye ikamba ryo kubana neza nabandi kandi aribo bari baraye bamusezereye.

Mu magambo ye Meghan yagize ati :”Reka mbabwire utaragera hariya hantu ntago wabimenya. Nta kata zibamo. Nta Kata bazanamo kuko ntago bari bazi na bariya batanu bazataha abaribo. Byumvikana ko niyo waza ufite Kate muri Boot camp ushobora gusezererwa n’abandi bakobwa.

Ibyo Meghan yavuze kuri Vanessa n’ikamba yahawe:

Ibyaribyo byose hari abasavinze undi kuko babonaga ko Vanessa ari threat. Babonaga ashobora kuba hari icyo yababangamiraho. Ntago mvuzeko ariko byagenze ariko nkajye ndabitekereza. Umukobwa iyo yabonaga umuntu ari threat ibyaribyo byose ikiza nukumukura mu nzira kugirango wowe ukomeze.

 

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa washinjwaga kuryamana n’abategura Miss Rwanda muri Boot camp yashyize ahagaragara ukuri

Ko wakonje by Christopher