in

Miss Kalisi Sabrina ari mu byishimo bidasanzwe kumwe n’umusore bagiye kurushinga

Nyuma y’igihe kirenga umwaka yambitswe impeta ya fiancaille n’umusore bakundana, Miss Ihozo Kalisi Sabrina ari mu byishimo bisadasanzwe aho yetegura gusezerana n’uyu musore bamaze igihe kinini mu rukundo.

Ku munsi w’ejo Sabrina akaba yarashyize kuri Instagram ifoto agaragaraho yambaye ikaba ryanditseho amagambo “Bride to be” byumvikana ko mu gihe gito cyane uyu mukobwa yiteguye gusanga uwo yihebeye bakibanira akaramata.

Yegob ikaba rero yabakusanyirije amwe mu mafoto ya Sabrina n’umukunzi we Karega Dan mu bihe by’ibyishimo bagiranye.

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibintu 10 biremamo umutima w’ibyishimo umukobwa mu rukundo

Liverpool ishaka umukinnyi ukomeye wa PSG ikamusimbuza Sadio Mane.