Inkuru rusange
MINISPOC yemereye abatuye umujyi wa Kigali ko bashobora gukora sport ariko batarenze imbibi z’umudugudu batuyemo

Ku munsi w’ejo nibwo hafashwe icyemezo cyo gushyira umujyi wa Kigali muri gahunda ya Guma Mu Rugo. Abatuye mu mujyi wa Kigali kuri ubu bemerewe gukora siporo ariko ntibarenge imbibi z’umudugudu batuyemo. Ibi byatangajwe na Ministiri wa Siporo n’Umuco, Madame Aurore Mimosa Munyangaju abinyujije kuri Twitter aho yagize ati: “Siporo yemewe ni iyo mu rugo iwawe, cyakora, abakora siporo ku giti cyabo bemerewe kuyikora batarenze imbibi z’umudugudu batuyemo. Siporo mu matsinda ntabwo yemewe”.
Siporo yemewe ni iyo mu rugo iwawe, cyakora, abakora siporo ku giti cyabo bemerewe kuyikora batarenze imbibi z’umudugudu batuyemo
Siporo mu matsinda ntabwo yemeweUtazubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID19 uwo amenye ko azabihanirwa @RNPSpokesperson #Shishoza #NtabeAriJye pic.twitter.com/ik6X4T8k5q
— Aurore Mimosa Munyangaju (@AuroreMimosa) January 19, 2021
-
Inkuru rusange16 hours ago
Aime Beaute Mushashi wa Tv1 ahishuye ibanga rya KNC mu kazi,anavuga uburyo abagabo bose bamukunda.
-
Ubuzima18 hours ago
Nguku uko byagenda ku mubiri wawe ugiye unywa amata arimo ubuki buri gihe.
-
Imyidagaduro6 hours ago
Ibya Miss Aurore na Egide noneho Super Manager arabihuhuye.
-
Izindi nkuru15 hours ago
Cyore:Abahanga bemeje ko nta bundi buzima bubaho nyuma yo gupfa.
-
inyigisho8 hours ago
Ngaya amakosa akomeye abakobwa bakora bazi ko azabafasha guhita barongorwa n’abakunzi babo.
-
Izindi nkuru13 hours ago
Perezida wa Argentina yatunguye abantu ubwo yagendaga mu ndege ya Messi.
-
Imyidagaduro7 hours ago
Nabaye imfubyi nkiri muto|Kuba Miss Rwanda ni inzozi zikomeye|Marie Paul
-
Imyidagaduro3 hours ago
Umuhanzi Ali Kiba ahishuye umukobwa ashyigikiye muri Miss Rwanda.