in

Mimi yatangarije abafana ikintu yakundiye Meddy

Mu minsi ishize ni bwo Mimi, umugore wa Meddy yari yatanze umwanya ku rukuta rwa instagram ngo abantu bagire icyo bamubaza  maze umwe amubaza indirimbo ya The Ben akunda kurusha izindi.

 

Mimi yavuze ko indirimbo ya The Ben akunda ari “Roho Yanjye” akaba ari indirimbo yanabaririmbiye mu bukwe bwa bo.

kandi yabajijwe ikintu yabonye  kigoye ku kuba yarashakanye n’icyamamare Meddy. Yagize ati “kugira ibanga ubuzima bwa we bwite.”

Muri icyo  kiganiro n’abafana  kandi ni ho yatangarije ko ikintu yakundiye Meddy ari umutima we ni mu gihe ku bana bazabyara bizaterwa n’abo Imana izabaha.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Wintera icyondo ntacyo uricyo” Papa Cyangwe akomeje kwifatira ku gahanga Kivumbi batavuga rumwe

Umugeni ari mu marira nyuma yo gukoresha ubukwe buhenze