in

Mesut Ozil yibasiwe n’itangazamakuru ryo mu bwongereza

Mu gihe byatangajwe ko abakinnyi b’ikipe ya Arsenal bemeye kwigomwa 12.5% by’umushahara wabo muri iki gihe isi yugarijwe na CoronaVirus, ikinyamakuru The times, cyatangajeko Mesut Ozil nabandi bakinnyi 2 banze gutanga iyo 12.5% by’umushahara wabo, ibirero bikaba byatumye Ozil yibasirwa n’ibitangazamakuru bitandukanye byo mu bwongereza.

Ibinyakuru nka Daily Star na Daily Mirror bikaba byaramutse bigaya bikomeye Mesut Ozil, aho bivugako bitumvikana ukuntu umuntu uhembwa ibihumbi 400 by’amayero ku cyumweru ananirwa kwigomwa nkabandi ngo abe yafasha ababikeneye dore ko kuri ubu ari mukinnyi uhembwa menshi mu ikipe ya Arsenal, gusa Ozil we akaba yasabye abakinnyi bagenzi be kubaha icyemezo cye nkuko nawe yubashye icyabo.

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Real Madrid yafashe icyemezo gikomeye kubera CoronaVirus

Reba amafaranga atagira ingano amakipe akomeye amaze guhomba kubera CoronaVirus