Ubuzima
Menya uburyo umugabo yakongera ubugabo bwe bukaba burebure ndetse bukanagira ubugari buhagije

Ni kenshi abagabo usanga bafite inzozi zo kuba bagira igitsina cy’indengakamere cyangwa se bakagira igitsina kinini ku buryo bugaragarira buri mugore wese bagiye kuryamana nawe ndetse n’abagabo bagenzi babo impuguke mu bijyanye n’imibonano mpuzabitsina mu gitabo yanditse kiswe Sex and ejaculation yagaragaje uburyo umugabo wifuza igitsina kinini yakoresha.
N’ubwo ngo abagabo benshi bifuza ibitsina bimeze gutya ngo hari inzira nyinshi banyuramo bakongera igitsina cyabo n’ubwo ngo bumwe muri ubu buryo bushobora gutera ingaruka zikomeye n’ubwo bwaba bwagufashije kugira igitsina wifuza.
Nkuko inzobere zibyerekana ngo hari uburyo bwo kongera igitsina cyawe .
1. Uburyo bwa Bihari(The Bihari Procedure):
Muri ubu buryo, muganga akata inyama igitsinagabo kiba gifasheho mu mubiri.Ushobora kunguka 5cm ku gitsina cyawe nyamara ngo iyo umugabo akoresheje ubu buryo iyo ashyutswe igitsina cye ntikitunga hejuru nkuko bisanzwe ngo kuko ntaho kiba gifashe ahubwo kiba gisanzwe ariko cyariyongereye.
2. Guterwa ibinure
Hari ibinure bikurwa inyuma ku bibero bakabitera mu gitsina cy’umugabo .Ariko akenshi umubiri ntiwemera kongera guterwamo bino binure bigasaba guhora babigutera bishobora gutuma ugira uburibwe bukabije cyangwa se hakazamo udusebe tujya kuba nk’utubyimba ku buryo dushobora no gutinda gukira bikaba byakwicira akazi bitewe n’icyo ukora.
3. Kwikinisha
Kwikinisha ngo ni kimwe mu bintu byagufasha kongera igitsina cyawe ndetse
Ikaba byanatuma cyirambuka mu dutsi twacyo,nubwo ariko iki gikorwa ngo gishobora gufasha umugabo kuba yagira igitsina kirambutse ngo kubikora kenshi byaba bitera ingaruka mbi yo kurangiza vuba ibintu abagore benshi badakunda ,cyangwa se ngo umugabo akazajya arangiza buri gihe uko abonye ikintu gituma igitsina cye gihaguruka.
4. Gukora imyitozo ngororamubiri:
Imyitozo ngororamubiri ihoraho ngo ifasha umugabo kuba yakwaguka mu myanya ndangagitsina bityo n’igitsina nyirizina kikaba cyakura ku buryo nta kibazo azahura nacyo cyo kuba yakifuza igitsina kinini ,umugabo rero ukora iyi myitozo ngo asabwa kurya kandi akanakora imibonano mpuzabitsina kuko ngo bifasha igitsina cye kuba kirekire kandi kikaguka mu bugari bwacyo.
Ni ngombwa ko rero abagabo bumva bifuza kugira igitsina kinini kirekire kandi kigari bakurikiza ibyo twavuze haruguru ariko kandi bakirinda ibyababyarira ingaruka kuko ngo nubwo abagabo benshi baba bifuza iki gitsina atari ko abagore benshi bakunda igitsina kinini kandi ngo icya ngombwa ni ukumenya kugikoresha neza.
SRC: EACHAMPS.RW
-
Imyidagaduro10 hours ago
Umuhanzikazi nyarwanda yasabye #Sugira ko yamutera inda nyuma yuko ahesheje #intsinzi #Amavubi
-
Imyidagaduro21 hours ago
Miss Jordan Mushambokazi mu munyenga w’urukundo n’umusore bitegura kurushinga
-
Izindi nkuru15 hours ago
Umugore wakundanye na Barack Obama akaza kumubenga akomeje kwicuza.
-
imikino3 hours ago
Udukoryo n’utuntu dusekeje twaranze abanyarwanda ubwo bishimiraga insinzi y’amavubi
-
imikino2 hours ago
Umunyamakuru wa Radio B&B FM UMWEZI yaraye ahaye urwenya abanyarwanda
-
imikino23 hours ago
Abakinnyi 11 b’Amavubi bashobora kubanza mu kibuga ku mukino w’uyu munsi bamaze gushyirwa ahagaragara
-
imikino16 hours ago
Live Streaming: #TotalCHAN2020 Togo vs Rwanda #TOGRWA #FootballTogether
-
Imyidagaduro11 hours ago
KIGALI: Abaturage bavuye mu ngo zabo biroha mu mihanda kwishimira intsinzi y’ #Amavubi (VIDEO)