in

Menya uburyo bushyashya abasore b’iki gihe badukanye bwo kubenga inkumi.

Urubuga Elcrema rutangaza ko hari uburyo busa nk’aho butari bumenyerewe abasore basigaye bakoresha bashaka kubenga abakobwa.

Ubwo buryo bushya 8 abasore badukanye bakoresha bagiye kubenga abakobwa ni ubu bukurikira :

Mu bintu abasore bakoresha bashaka kubenga abakobwa harimo nko gutangira kubasaba ko baba inshuti ndetse no kugaragaza ko akiri umwana mu rukundo ndetse n’ibindi bikurikira:

1.Mfite indi nshuti y’umukobwa (igisobanuro-Singushaka)

2.Ndacyari umwana (igisobanuro-urangana na mama)

3.Nta gahunda ndafata (igisobanuro-mfite inshuti nyinshi z’abakobwa)

4.Singukunda muri ubwo buryo (igisobanuro-uri igikobwa kibi-kitagira agasura, nagira isoni turi kumwe)

5.Sinjya nganira n’abakobwa aho nkorera/niga (igisobanuro-singushaka)

6.Ndacyakomeye ku kazi kanjye/amashuri yanjye (igisobanuro-nubwo ibindi ndimo bitanshimishije, birakuruta).
7.Amakosa si ayawe ni ayanjye (igisobanuro-amakosa ni ayawe)

8.Ndatekereza ko uri nka mushiki wanjye (igisobanuro-ntunshimishije)

 

Niba ushaka umukunzi kanda kuri iyi link ukurikize ibisabwa :http://yegob.rw/dating

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Knowless yagaragaye ari kumwe na Mutesi Jolly bizamura amarangamutima ya benshi.

Mukobwa ,nubona umusore witwara gutya uzamenye ko ari we Imana yakugeneye uhite ufatiraho||ntakwiye kugucika.