in

Noopja waririmbye murabeho ndagiye yariye karungu 

 

Ubusanzwe abantu benshi ntago bazi uyu mugabo witwa Noopja,  Uyu ni umugabo wamamaye cyane mu ndirimbo yitwa murabeho ndagiye, akaba nyiri County records iriya Element akorera, yewe dore ko abantu benshi batamenyereye ibyimbuga nkoranyambaga bamwe baziko uyumugabo atakiriho cyangwa se yaba yibera ahantu kure cyane, ibyo siko bimeze kuko arahari. 

Nyuma yamakuru amaze iminsi avugwa cyane ko Element yasezeye muri country record, nubwo imande zose yaba Element cyangwa Noopja ntanumwe urabyemeza, hari andi makuruyu yuko uyu mugabo yarakaye cyane. 

Bityo rero biravugwako Element naramuka avuye muri County record azahita yakwa iryo zina kuko nubusanzwe yarihawe na Noopja 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Aime
Aime
1 year ago

cyaze ni Short story nyine tsu 😂😂😂

Umuzamu wa APR FC Ishimwe Jean Pierre yatsinze arusha cyane mugenzi we bakinana Itangishaka Blaise muri 10Battle

Tumunenge! Meddy yakoze igikorwa kigayitse nk’umuhanzi ukomeye bimushyira mu kaga gakomeye