in

Mbega umugabo; Diamond yasekeje abantu ubwo yavugaga ikintu atinya kurusha ibindi

Mu mashusho yanyujije ku rubuga rwe rwa Instagram ari aho ari gutunganyiriza indirimbo ye nshya, Diamond yumvikana ahamya ko kurira ari ikintu atinya kurusha inzoka.

Yagize ati: “Mpa inzoka 100 nakina nazo mu cyumba, ariko kurira mbifata nk’ukuzimu! Yewe no guhagarara ku meza mbifata nko kwiyahura, kuko mfite indwara yo gutinya kurira ntabwo wakumva ukuntu ibi byangoye.”

Ibi yabitangaje mu gihe yari mu ifatwa ry’amasusho aho yari kurira akajya ku rusenge rw’inzu, ahantu hahanamye cyane uvuye ku butaka byabaye intambara kugerayo

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu myenda y’umukara n’umweru, umukinnyi w’igihangange muri Rayon Sports yagaragaye yahuje urugwiro n’abafana ba APR FC (AMAFOTO)

Byari amata n’ubuki mu mukino we wa mbere yarakiniye Al Nassr ari iwabo w’amafaranga n’abashehe!