in ,

Manchester United yaba iri muri gahunda yo kugura undi mukinnyi uhenze kurusha Paul Pogba

HULL, ENGLAND - AUGUST 27: Paul Pogba of Manchester United prays for the final whistle during the Premier League match between Hull City and Manchester United at KC Stadium on August 27, 2016 in Hull, England. (Photo by Matthew Ashton - AMA/Getty Images)

Muri iyi Mercato irarangira uyu munsi ikipe ya Manchester United yakoze amateka ugura umukinnyi Paul Pogba akabayabo ka miliyoni 105z’amayero gusa ariko noneho ngo irashaka kongera guca aka gahigo igura undi mukinnyi uhenze kurusha Pogba.

Nkuko ikinyamakuru cyo mu Bwongereza, dailystar kibatingaza ngo Man U yaba ari kwitegura kugura rutahizamu wa Real Madrid, Gareth Bale kuri miliyoni zirenga 120 z’amayero ibyo byose ariko ngo ikba yazabikora umwaka utaha.

Image result

Daily Star ikaba ikomeza ishamingira ko Jose Mourinho yifuza bikomeye umukinnyi Gareth Bale aho bivugwa ko yamaze no gutegura uburyo bwo kumutereta ngo yemera kuva muri Real Madrid yerekeza muri Man U (ubwo buryo ntabundi rero ngo nukumwumvisha ko kujya muri Man U bizatuma ahinduka kizigenza w’ikipe bityo yiyongere amahirwe yo gutwara Ballon D’Or, bitandukanye nuko muri Real byifashe aho Bale akora Cristiano akaba ariwe usingizwa.)

Image result

 

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu byuryo butunguranye Pogba agiye kwerekeza mu ikipe ya SunderLand

Nturagendera mu ndege na rimwe? Menya ibi bikurikira