in ,

Lionel Messi yatangaje umukinnyi yifuza kubona muri Fc Barcelona byihutirwa

lionel-messi

Lionel Messi, umunya Argentina ukinira ikipe ya Fc Barcelona, nyuma y’ubunararibonye ndetse n’uburambe afite mu mupira w’amaguru muri ino kipe, kuri ubu yatangiye no kuzajya atanga ibitekerezo ndetse anatunga agatoki abakinnyi yumva yifuza ko iyi kipe yagura. Kuri ubu uyu musore akaba yatangaje umukinnyi rutahizamu yifuza ko ikipe ya Fc Barcelona yazubakiraho ubusatirizi bwayo.Image result for Ousmane dembele

Lionel Messi akaba yasabye ubuyobozi bw’ikipe ya Fc Barcelona gutangira byihuse ibiganiro n’umusore Ousmane Dembélé, umufaransa w’imyaka 20 gusa, ukinira ikipe ya Borussia Dortmund yo mu gihugu cy’ubudage kugirango abe yakwekereza muri iyi kipe yo mu ntara ya Catalunya.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi ukomeye wa Real Madrid yatutse umutoza we Zidane kuri mama we

Sorry by Alan Rukundo