in ,

Lionel Messi yafashe icyemezo cyatumye abafana ndetse n’abayobozi ba Fc Barcelone bakuka umutima

Hashize iminsi itari mike mu ikipe ya Fc Barcelone havugwa inkuru ko umukinnyi Lionel Messi yaba ari hafi kongera amsezerano mu minsi ya vuba gusa ariko ubu noneho ibintu byahinduye isura.

Nkuko ikinyamakuru Marca gikorera mu gihugu cya Espagne cyabitangije ngo Lionel Messi yamenyesheje abayobozi ko atifuza kongera amasezerano afitanye nabo ngo kuko afite gahunda yo guhita asezera muri Barca ayo masezerano narangira muri 2018.

Fc Barcelone ngo ikaba ikomeje gukora ibyo ishoboye kugirango irebeko Messi yakwemera kongera amasezerano gusa kuri ubu ngo ni urugamba rutoroshye.

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umva bimwe mu byemezo bikakaye Trump agiye gushyira mu bikorwa

Amiss Cedrick aratangira imyitozo kuri uyu wa mbere muri Rayon Sports