in ,

Lionel Messi n’abakunzi be bahuye n’ibyishimo batari bigeze bateganya muri uyu mwaka

Lionel Messi

Mu mikino iherutse yo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi ku makipe y’ibihugu, nibwo umukinnyi Lionel Messi yavuzweho gutuka umusifuzi wo kuruhande, nyamara uwo musifuzi ntiyari yamureze.Image result for Lionel messi insulting a linesman

Nyuma y’iryo kosa akanama gashinzwe imyitwarire muri FIFA kahise gafatira ibihano bikomeye Messi, aho bahise bamuhagarika imikino igera kuri ine yose adakinira ikipe ye y’igihugu. Gusa amakuru dukesha ikinyamakuru FIFA.com binyujijwe mu itangazo ry’umunyamabanga ushinzwe imyitwarire muri FIFA riravuga ko Lionel Messi yababariwe icyo gihano, akaba nta mukino numwe azasiba mu ikipe y’igihugu nk’igihano. Ibi bikaba byakiriwe neza n’abafana ba Argentina ndetse n’abakunzi ba Messi muri rusange.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Malia Obama yashyize hanze amafoto agaragaza ikibero cye maze abasore barabya indimi (yarebe hano)

Eden Hazard yasabye ibintu 2 gusa Chelsea ngo abone gukatira Real Madrid