in ,

Lionel Messi bwa mbere mumateka ye yavuze amagambo yatangaje isi yose kubyerekeye Cristiano Ronaldo

Umukinnyi w’umunya argentina Lionel Messi, utazwiho kuvuga byinshi mu itangazamakuru, kurubu ameze nkuwaturitse akagira byinshi atangaza byagaragaza ko yifashe igihe kirekire aceceka, gusa kurubu akaba yashyize hanze ibyiyumviro bye.

FOOTBALL : FIFA Ballon d Or Gala 2015 -Zurich - 11/01/2016

Nkuko uyumunya Catalugna yabitangarije ikinyamakuru Mundo deportivo cyo muri Espagne, ubwo bamubaza uko yakiriye amatora y’abanyamakuru muri Ballon d’Or, mu magambo ye yagize ati:” Aujourd’hui, nous pouvons constater qu’ils ont fait un choix très commercial, mais qu’ils n’ont pas élu le meilleur joueur du monde. Du moment et de tous les temps.”

Tugenekereje yagize ati:” Kuri ubu nibwo twatangira gusesengura ko abanyamakuru batoye munyungu z’ubucuruzi, kuko ntibatoye umukinnyi mwiza ku isi w’ubu ndetse n’uwibihe byose.”

Ibi byatangaje abantu benshi kuko mu busanzwe uyu mugabo ntajya agira ibyo avuga byinshi ku bihembo ahatanira, ndetse ntabwo akunda no kugaragaza ibyiyumviro bye mu itangazamakuru.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore amafoto y’abastar yaciye ibintu kuri Instagram muri iki Cyumweru #20 (amafoto)

Ihangana rikomeye hagati ya Jose Mourinho na Zidane ryafashe indi ntera