in

Lionel Messi burya afite impamvu ituma atakikoza ikipe ya PSG, bamufitiye umujinya

Muri 2022 tariki 18 ukuboza nibwo Lionel Messi yahesheje ikipe y’igihugu ya Argentina igikombe cy’isi cyabereye mu gihugu cya Qatar batsinze ikipe y’igihugu y’u Bufaransa kuri penarite .

Kuva icyo gihe uyu mukinnyi niyigeze yakirwa neza mw’ikipe ya PSG ndetse n’abafana ba yo kuko kugezubu amaze gukina imikino ibiri gusa.

Lionel Messi yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri PSG kuri ubu asigaranye ameze atarenga atandatu ariko akomeje kugorana mu kumwongera amasezerano.

Uretse kutabana neza n’abafana uyu mukinnyi naho ameranye neza n’umutoza wa PSG ndetse na Mbappe dore ko basigaye bapfa gutera penarite ibyo bikaba bica amarenga ko Messi ashaka gusigira Mbappe akayobora PSG.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Harmonize yashushanyijwe mu buryo budasanzwe

Isimbi Noeline uzwiho gukina filime z’urukozasoni burya ashyigikiwe na musaza we, yavuze akayabo yatanze kugira ngo yongereshe amabere abantu barumirwa