Imyidagaduro
Kuki abahanzi benshi bakunda kuririmba bifashe ku gitsina?

Umuhanzi yagize ati: “Burya iyo umuntu ari ku rubyiniro cyangwa ari imbere ya camera biragoye kumenya uko yifata kuko hari n’ubwo ukora ibintu utabizi gusa kubera ko wumva bikoroheye muri ako kanya. Kuba rero hari abahanzi bajya baririmba basa n’abifata ku gitsina ntago ari ibintu bikomeye ndetse nta n’ikindi bisobanuye. Ni kimwe n’uko yakwifata ku mutwe cyangwa mu gituza kandi muzi ko hari ababikora.”
Abajijwe niba yumva nta ngaruka byagira ku muhanzi ubikora cyane cyane ku bijyanye n’uko abantu bamufata yavuze ko abona ari nta mpamvu y’uko byagira ingaruka. Ati: “Nubwo abantu bagira imyumvire itandukanye, nta muntu wakwiye kubifata ukundi cyangwa ngo abibonemo ikibazo rwose. Bajye babifata nk’ibisanzwe.”
Undi nawe utarashatse ko dutangaza amazina ye yavuze kowe ajya abikora ariko akaba aba azamura ipantalo kugirango abashe kubyina neza.
Ibi kandi usanga bitihariwe n’igitsina gore cyangwa gabo gusa kuko ari abahanzi b’abagore ari n’abahanzi b’abagabo bose barabikora.
Gusa ababikurikiranira hafi bavuga ko ibi aba bahanzi baba babikopera ku banyamahanga aha twavuga nka Rihanna, Cindy Sanyu wo muri Uganda n’abandi.
Rihanna ubwo yaririmbaga yerekana igitsina cye
                                  Nicki MinajiÂ
Dore bamwe mu bahanzi nyarwanda baririmbye bifata ku gitsina
Allioni
                             Odda Pacy
Uyu ni umuhanzi Odda Pacy nawe waririmbye yifata ku gitsina
Bull Dog
Umuhanzi Bull Dog nawe yaririmbye yifata ku gitsina
-
Imyidagaduro1 day ago
Ndimbati yambitse impeta Shaddyboo ubwo bari muri studio za RBA (amafoto)
-
Imyidagaduro2 days ago
Njuga ukina muri Seburikoko yirukanywe mu nzu abamo| Yiyamye umusore baturanye wamuhururije abanyamakuru| Inkuru irambuye
-
Izindi nkuru1 day ago
Wa mukobwa mwiza wari utegereje gupfa Imana iramutabaye| Abagiraneza bamufashije kujyanwa kwa Muganga| Josiane
-
Imyidagaduro2 days ago
#MissRwanda2021: Abakobwa 3 bahaye ubutumwa mugenzi wabo ushyigikiwe na Ali Kiba| Bose barashaka ikamba| Umuriro watse 🔥
-
Imyidagaduro2 days ago
ShaddyBoo yinjiye byeruye mu bucuruzi bw’amashusho n’amafoto ku rubuga rwa Onlyfans
-
Imyidagaduro1 day ago
Junior Giti yakije umuriro kuri PK wamwibasiye|Avuga ko namufata bazakizwa na RIB.
-
Izindi nkuru1 day ago
Umusore n’umukobwa bemeye kwihambira iminyururu amezi 3 ngo basuzume urukundo rwabo.
-
Imyidagaduro1 day ago
Umuhanzi Platini biravugwa ko agiye gukora ubukwe mu ibanga rikomeye.