in ,

Ku kayabo k’amafaranga menshi Real Madrid yamaze kwibikaho umukinnyi ukomeye

Zidane

Ikipe ya Real Madrid nyuma yo kwegukana igikombe cya Champiyona ya Espagne, ikaba inategereje gukina umukino wa nyuma  wa UEFA CHAMPIONS LEAGUE, abayobozi n’aba agent bayo batangiye kurambagiza abakinnyi bo kuza gutera ikirenge mu bahari kugirango ikomeze gukora uduhigo, ni kuriyo mpamvu amakuru dukesha ikinyamakuru AS aravuga ko Real Madrid yamaze kurekura amafaranga asaga Miliyoni 45 z’amayero mu kugura umukinnyi w’imyaka 16 gusa, Vinícius José Paixão de Oliveira Júnior umunya Brazil wakiniraga ikipe ya Flamengo.

Image result for vinicius junior

Ikipe ya Real Madrid nkuko iki kinyamakuru cyabyanditse ubwumvikane ku mpande zombi bukaba bwarangiye, hakaba hasigaye kwerekana umukinnyi ku mugaragaro no gusinya amasezerano gusa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Irebere amafoto agaragaza uburanga buhebuje bw’umukobwa watumye umukinnyi ukomeye yongera amasezerano muri Real Madrid

Irebere ifoto ya Miss Mutesi Jolly yavugishije benshi