imikino
Ku ikubitiro ngiyi intwaro ya mbere Pep Guardiola yamaze kwibikaho kuva muri Borussia Dortmund.

Iki n’igihe amakipe yose yiyubaka, kugira umwaka utaha w’imikino azabe atajegajega na gatoya,Kuri ubu abakinnyi bigaragaje mu mwaka w’imikino urangiye bari gushakishwa cyane ndetse abaherwe benshi b’amakipe biteguye gusinya ama cheque kugira makipe yabo abone intwaro zo kuzegukana ibikombe mu mwaka w’imikino wa 2016-2017.
Ku ikubitiro Man City yamaze gusinyisha Ilkay Gundogan,myugariro ukomeye wa Dortimund,Nk’uko ibinyamakuru  byinshi byo mu bwongereza bishimangira  ko Ilkay yamaze kuva i Westfalenstadion(ikibuga cya Dortimund) ndetse nawe ubwe yabyitangarije yifashishije tweeter aho yanditse ngo @MCFC ANNOUNCE GUNDOGAN!
Ati “Man City ni mutangaze Gundogan,uyu niwe mukinnyi wa mbere usinye muri iyi kipe kuva Pep yayizamo nk’umutoza.
-
inyigisho21 hours ago
Niba ushaka kwinjira mu rukundo ruryoshye kandi ruzaramba ,irinde kugendera kuri ibi bintu bikurikira.
-
Ubuzima12 hours ago
Menya impamvu itangaje ituma zimwe muri hoteli zishyira ibinini mu mafunguro y’abantu.
-
Inkuru rusange23 hours ago
Mama wa Christopher yitabye Imana
-
Imyidagaduro5 hours ago
Dore umukobwa mwiza watwaye umutima w’umunyarwenya Arthur Nkusi (AMAFOTO)
-
Imyidagaduro11 hours ago
Umunyamakuru Tidjara, uherutse gusezera kuri RBA, yaturitse ararira mu kiganiro| umukobwa we yamutomagije karahava (VIDEO)
-
Imyidagaduro23 hours ago
Ubucuti hagati ya Miss Keza Joannah na Miss Flora bukomeje gufata indi ntera
-
Inkuru rusange24 hours ago
Umupasiteri akomeje guca ibintu nyuma yo kugaragara abatiriza mu ruzi abakobwa n’abasore bambaye uko bavutse.
-
Imyidagaduro3 hours ago
The Ben na Miss Pamella bashyize hanze itariki y’ubukwe bwabo.