imikino
Ku ikubitiro ngiyi intwaro ya mbere Pep Guardiola yamaze kwibikaho kuva muri Borussia Dortmund.

Iki n’igihe amakipe yose yiyubaka, kugira umwaka utaha w’imikino azabe atajegajega na gatoya,Kuri ubu abakinnyi bigaragaje mu mwaka w’imikino urangiye bari gushakishwa cyane ndetse abaherwe benshi b’amakipe biteguye gusinya ama cheque kugira makipe yabo abone intwaro zo kuzegukana ibikombe mu mwaka w’imikino wa 2016-2017.
Ku ikubitiro Man City yamaze gusinyisha Ilkay Gundogan,myugariro ukomeye wa Dortimund,Nk’uko ibinyamakuru  byinshi byo mu bwongereza bishimangira  ko Ilkay yamaze kuva i Westfalenstadion(ikibuga cya Dortimund) ndetse nawe ubwe yabyitangarije yifashishije tweeter aho yanditse ngo @MCFC ANNOUNCE GUNDOGAN!
Ati “Man City ni mutangaze Gundogan,uyu niwe mukinnyi wa mbere usinye muri iyi kipe kuva Pep yayizamo nk’umutoza.
Comments
0 comments
-
Mu Rwanda23 hours ago
Abantu batunguwe cyane n’amazi yo mu kiyaga cya Burera arimo kuzamuka mu kirere ntagaruke bakeka ko ari imperuka(AMAFOTO)
-
Mu Rwanda2 days ago
«Boss wanjye yambwiye ko ndi MUBI ntakwiriye kugaragara mu mashusho» -Agahinda k’umunyamakuru ukomeye mu Rwanda.
-
urukundo10 hours ago
Uyu mukobwa yahaye isomo rikomeye umukunzi we yari yasuye akanga kumuha itike imusubiza iwabo|menya ibyakurikiyeho.
-
Izindi nkuru18 hours ago
Ubugabo burenga 7000 bwafatiwe mu Bushinwa buvanwe muri Afurika.
-
Imyidagaduro10 hours ago
Umugabo wa Bahavu Jannet yamukoreye igikorwa kiramubabaza araturika ararira (amashusho)
-
Utuntu n'utundi1 day ago
Urukwavu rwa mbere ku isi mu bunini rwibwe|hashyirwaho akayabo ku muntu uzarugarura.
-
#KWIBUKA272 days ago
Se yahambwe ari muzima – Ubuhamya bukomeye bwa Uwizeyimana Josiane
-
Izindi nkuru20 hours ago
Umupadiri yasezeye ku murimo w’ubusaseredoti kubera urukundo yakunze umukobwa wari umwe mu bakirisitu yari yararagijwe