in

KNC yongeye kwishongora kuri Gorilla Fc maze mu burakari bwinshi avuma Fatakumavuta amwita Fatakumuvumo(videwo)

Perezida w’ikipe ya Gasogi United akaba n’umunyamakuru wa radiyo na TV1 Kakooza Nkuriza Charles uzwi nka KNC yatangaje ko umusesenguzi akaba n’umuhanzi Fatakumavuta avuga ko yamuhinduriye izina rye amwita Fatakumuvumo.

Ni mu kiganiro Rirarashe gica kuri radiyo na TV1 uyu KNC na bagenzi be harimo nka Mutabaruka batangaje ko abantu bavuga ko KNC ari inshuti na perezida wa Gorilla Fc Hadje bivugwa ko ku munsi w’ejo azaha amanota ikipe ya Gorilla ngo kubera ko Gasogi United imeze neza abo bari kwibeshya cyane.

KNC yatangaje ko nta bushuti afitanye na Hadje ngo ikizabyemeza ni uko atazigera asuhuza uyu Hadje mbere y’umukino kandi nta nubwo azicarana na we.

Yongeyeho ko Fatakumavuta wiyita umuvugizi wa Gorilla Fc KNC yahise amubatiza izina Fatakumuvumo.

Dore videwo aho hasi…

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Biratangaje irebere umugore ufite impano idasanzwe yo kuvuza umwirongi akoresheje umwuka uturuka mu gitsina cye(Amafoto)

“Wintera icyondo ntacyo uricyo” Papa Cyangwe akomeje kwifatira ku gahanga Kivumbi batavuga rumwe