in ,

KIGALI: Nguku uko umusore washukishaga abakobwa akazi kugira aryamane nabo yandagajwe

YEGOB.RW iherutse kubatangariza umukobwa wandagaje umusore  byavugaga ko yamusabye ko baryamana,maze umukobwa akamwangira burundu kugeza ubwo byageze aho uyu mukobwa ananirwa kumwihanganira akabishyira ku karubanda ,ndetse amukurikiza ibitutsi byinshi .Kuri ubu YEGOB yamenye amakuru y’imvaho n’ukuntu uyu musore yarasanzwe ashukisha abakobwa akazi kugira baryamane.

 

Amakuru dufite nuko uyu musore ngo yabanje gusaba urukundo ,nyuma arwimwe ariko akemererwa ko yagirwa ishuti bisanzwe ngo ntabwo yabyanze,gusa kuko yifuzaga bikomeye ko yageza uyu mukobwa mu buriri,ngo yaje kumubeshya ko yamuboneye akazi.

gusa ngo amusaba ko yamusanga iwe aho atuye kugira ngo babivuganeho neza,nyamukobwa ngo yashidutse i wabo shishi itabona maze asanga umusore nuko umusore aba atomboye uko yasaba ibyari bimushishikaje gusa ngo bizakurangira atunguwe no guhakanirwa.

Uku guhakana k’uyu mukobwa byamushwanishije n’uyu musore kugeza ubwo avuye aho igicuku kinishye ndetse atabonye n’akazi kari kamujyanye ahubwo asabwe ibyo atateganyaga.


ibi byaramubabaje maze ahita abyandika ku rubuga nkoranyambaga,aho abandi bakobwa bahise bamushimira ko nabo yabagaraguje agati ababeshya ko abafitiye akazi.Nk’iki menyetso cy’uko uyu musore atari abikoze bwa mbere ariko kandi amakuru dufite n’uko yutwaza asanzwe afite maze agahinda mu bakobwa b’ikigali ashaka kwimara irari. nk’uko abandi babiri  twashatse kudatangaza amazina yabo nk’undi wese muri iyi nkuru nabo  bahise biruhutsa

 

WhatsApp Image 2016-09-01 at 13.27.57

WhatsApp Image 2016-09-01 at 13.28.26

Dore amwe mu magambo akomeye uyu musore yabwiwe n’umwe mu bakobwa yahabiyeho

chude1

 

chude

 

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
gogo
gogo
7 years ago

Comment:mubanze mushake numuhungu mumenye ukuri neza

Call Me by Urban Boys

Ikipe ya Rayon sport ikomeje gucisha umweyo mu bakinnyi bayo bakomeye