Ese iyo bavuze kazi ni kazi wumva iki? Nge numvako akazi kose Ari akazi Kandi gashobora kugutunga washiritse ubute ugashyiramo umuhate. Hano Hari umwe mu bagabo bihangiye umurimo wo guhanagurira abantu Inkweto ku muhanda Kandi ukaba ubatunze Koko.
Amashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga yerekana umupapa arimo asobanura buryo ki akazi ko guhanagura Inkweto kamutunze we numuryango we. Uyu mugabo avugako adashobora kubura icyo kurya Kandi ngo nayo guha nyiribyondo nayo arayabona ukongeraho ko aka kazi kamuha namafaranga yo kwishyurira abana ishuri.
Uwashyize Aya mashusho kuri Twitter ukoresha @SHDRltd1 yagize ati “Rubyiruko mureke twige kwihangira imirimo nabonye uyu mu papa akazi akora bamwe bakita akagayitse ark karamutunze yishyurira abana school fees nibindi kd yinjiza amafaranga 20k/day”