in

Karabaye:Ibyo twari tuziko byarangiye nibwo bigitangira phil peter byamukomeranye

Iyi nkuru yatangiye kuvugwa ubwo umunyamakuru akaba n’umuhanzi phil peter yashyiraga indirimbo ye hanze yitwa terimomita arikumwe na kenny sol.

Iyi ndirimbo ikaba ariyo yagaragayemo umukobwa witwa swall ukunze kugaragara mu ma filime agiye atandukanye kurubu uyu mukobwa yavuze ko ikirego yagishyikirije RIB kuko uyu muhanzi yanze gukora ibyo uyu mukobwa yamusabaga.

Icyo batumvikanyeho ntakindi ni amashusho bashyize mu ndirimbo uyu mukobwa wayigaragayemo we atifuzaga ko ajya hanze.

Yavuze ati: “yaranyihakanye avuga ko atanzi kandi naramugiriye mu ndirimbo gusa ubu nange aho bigeze sinkimuzi.”

Ubu yavuzeko ikirego atakigifiteho ububasha ahubwo cyashyikirijwe RIB.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
2 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Kkkkk
Kkkkk
1 year ago

Bakomeze bayitwikire nyine

Alif
1 year ago
Reply to  Kkkkk

Uwomukobwa ibyo yakoze imbere ya camera yumvaga akamaro kabyo ari akahe koko cyakoze Rib yaragowe

Breaking news umukino w’umunsi wa 5 hagati ya As Kigali na Rayon sports urasubitswe

Clapton Kibonge arimo kubyinira ku rukoma (Inkuru irambuye)