in ,

Karabaye : Jennifer Lopez ngo yifuza gushimishwa n’abagabo babiri (isomere)

Umuhanzikazi Jennifer Lopez ku munsi w’ejo yahamirije isi yose ko yifuza kwishimana n’abagabo babiri ku munsi w’ababyeyi b’abagabo ( father’s day ) usanzwe uba taliki ya 18 Kamena buri mwaka.

Jennifer Lopez and Alex Rodriguez
Jennifer Lopez na Alex Rodriguez
Jennifer Lopez and Marc Anthony
Jennifer Lopez na Marc Anthony. Aha ni mu mwaka wa 2011

Nkuko bigaragara ku mafoto, Jennifer Lopez yavuze ko yifuza kuzishimana n’abagabo babiri aribo Marc Anthony ndetse na Alex Rodriguez ku munsi w’ababyeyi b’abagabo ( father’s day ). Ibi bikaba byarateye urujijo abantu benshi bibaza impamvu Jennifer Lopez ashaka kuba ari kumwe n’aba bagabo bombi gusa abenshi bavuga ko bitari guteza impaka iyo aza kuvuga ko ashaka kuba ari kumwe na Alex Rodriguez gusa kuko ariwe bivugwa ko barimo kugirana ibihe byiza cyane muri iyi minsi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

AMABANGA: The Ben afite umukobwa Yananiwe kwibagirwa ari nabyo bituma akiri Ingaragu

BYEMEJWE: Menya byinshi ku mukino w’iteramakofe uzahuza icyamamare Floyd Mayweather na Mc Gregor n’akayabo k’amafaranga bazakinira