in

Juvenal washakaga gufatwa nka cira hano nikubite yamaze gutandukana na Kiyovu Sports ahita asimburwa

Nyuma y’uko Kiyovu Sports yari ifite intego yo gutwara igikombe cya Shampiyona, yaje kujya yivangira ubwo yavangaga Andi makipe nayo ubwayo yaje kwivanga.

KIYOVU SPORTS yatangaje ko Bwana Ndolimana Jean Francois Regis ari we Perezida Mushya w’Umuryango wa Kiyovu Sports Association.

Regis bakunda kwita General asimbuye Bwana Juvenal MVUKIYEHE, umaze amezi 2 yeguye.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Pepe Guardiola utoza Man City yabwiye umuherwe wa Chelsea amagambo y’ubwishongore asabira imbabazi umutoza wayo nyuma yo kumutsinda amwandagaje ubugira kabiri

Ikipe ya Paris Saint Germaine mu gahinda gakomeye nyuma y’urupfu rw’umunyabigwi wayo!